Gasana Yahakanye Ibyo Aregwa

Staff Write
0 Min Read

Mu rubanza rugikomeje kubera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, CG( Rtd) Emmanuel Gasana yahakanye ibyaha bibiri aregwa. Ubushinjacyaha bwo bwasabye urukiko kumufunga by’agateganyo.

Emmanuel Gasana wabaye umusirikare mukuru akaba na Komiseri mukuru wa Polisi y’u Rwanda igihe kirekire kurikiranyweho  gusaba no kwakira indonke ngo akore ikiri mu nshingano ze ndete no gukoresha ububasha mu nyungu ze bwite.

Taarifa irakomeza gukurikirana iby’uru rubanza…

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *