Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2025 7:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo Global Witness kivuga ko urubuga TikTok rutarinda abana barukoresha kugera no kureba amashusho y’urukozasoni.

Abakozi b’iki kigo gisanzwe gikora ubushakashatsi ku burenganzira bwa muntu bavuga ko hari ubwo bakoze bashingiye kuri konti z’abana z’impimbano, bashyiraho n’uburyo bw’umutekano bwashyizweho na TikTok ariko ntibibuze ko abo bana babona ubutumwa bubagaragariza amashusho aganisha k’ubusambanyi.

Ni amashusho agaragaza abakora imibonano mpuzabitsina n’ibindi bisa nabyo.

Ibirenze ibyo ni uko hari n’abana bafite imyaka 13 nabo bashyirwa muri iyo mimerere ibangiriza ibitekerezo.

Abashinzwe TikTok bo bavuga ko bashyizeho uburyo bwitwa ‘restricted mode’ butuma abana batabona ibitari mu kigero cyabo, aho urwo rubuga ruvuga ko uwashyizemo ubwo buryo atabona amashusho aganisha ku busambanyi cyangwa izindi ngingo z’amakuru arenze ibitekerezo bye.

Gusa abashakashatsi bo ntibabibona batyo.

Ava Lee avuga ko ibyo babonye ari agahomamunwa kandi bigakorwa kuko TikTok yananiwe guhagarika ayo mashusho ahubwo ‘ibikora nkana.’

Ati: “TikTok si uko yananiwe guhagarikira abana kubona ibidakwiye ahubwo iribibashakira, ikabibereka bakimara gufungura konti nshya.”

TikTok yo ivuga ko ifite uburyo burenga 50 bwo kurinda urubyiruko ndetse ngo yiyemeje gukuraho 99% by’amashusho anyuranyije n’amategeko yarwo.

TAGGED:AbanafeaturedIkoranabuhangatelefoniUbusambanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye
Next Article Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?