Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abafaransa Baba Mu Rwanda Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Cyabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abafaransa Baba Mu Rwanda Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Cyabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2022 9:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa 24, Mata, 2022 Abafaransa baba mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo baba hirya no hino ku isi mu matora y’Umukuru w’igihugu cyabo. Abahatanira uyu mwanya ni Marine Le Pen na Emmanuel Macron.

Ku byerekeye amatora ari kubera i Kigali, abaturage bari gutorera muri Ambasade y’u Bufaransa, Perezida w’itora ni Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda witwa Antoine Anfré

Umuturage uri kujya gutora aragera  abo ahasanze bakagenzra niba yujuje ibisabwa uwemerewe gutora, ubundi agahabwa urupapuro rw’itora akandika ho uwo atoye.

Nyuma arujyana mu cyumba agashyira mu gasanduku k’itora.

Mu minsi yashize, hari imibare yerekanaga ko Emmanuel Macron ari we uri imbere mu majwi ukurikije uko abaturage babibonaga.

Icyakora ntabwo yarushaga Marine Le Pen amanota menshi.

Ikindi ni uko no mu mwaka wa 2017 ari uko byari bimeze.

Umubano Wa Putin N’Abakandida Mu Matora Ya Perezida W’u Bufaransa Ushobora Guhindura Ibintu

TAGGED:AmatoraBufaransafeaturedMacronMarine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Imvura Yaraye Ihitanye Umusore, Ikomeretsa Abandi Benshi
Next Article Muri Uganda Twaraye Ducyuye Inganji- Intore Massamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?