Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagiye Kurushinga Bagiye Kujya Bahugurwa Mu Mezi Atandatu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abagiye Kurushinga Bagiye Kujya Bahugurwa Mu Mezi Atandatu

admin
Last updated: 08 March 2021 6:05 am
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge yavuze ko Minisiteri ayoboye yateguye imfashanyigisho izafasha Abanyarwanda kwitegura kurushinga, bazajya bigishwa mu gihe cy’amezi atandatu.

Hari mu kiganiro yahaye RBA cyasobanuraga imyiteguro u Rwanda rurimo yo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’umugore.

Minisitiri Bayisenge yavuze ko iriya mfashanyigisho izaba ingirakamaro mu gutegurira abashakanye kuzabana neza kandi ku nyungu z’u Rwanda muri rusange.

Inzego z’ubugenzacyaha n’ubushinjacyaha zemeza ko ibyaha bikorwa mu Rwanda habonekamo cyane ibiba hagati y’abashakanye.

Abasesengura imibanire y’abantu bavuga ko gushakana abantu bahubutse, bataziranye kandi bafite imitungo itangana biri mu bituma umubano wabo utaramba.

TAGGED:featuredUburinganireUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imyigaragambyo Muri Senegal Ikomeje Kugwamo Abaturage
Next Article Jenoside Si ‘Byenda Gusetsa’
1 Comment
  • Adam says:
    08 March 2021 at 7:05 am

    Izo mfashanyigisho za Bayisenge sinzi niba zizagira icyo zifasha urubyiruko rw’ubu rwokamwe no gukunda ifaranga

    Ariko rero kwigisha ni uguhozaho, nashyireho ake wenda azajya abyibukirwaho navanwa mu nshingano

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?