Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2023 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba.

Mu mpera z’Icyumweru gishize( cyarangiye taliki 15, Mutarama, 2023) ibyihebe byashimuse abagore n’abana bibasanze mu Majyaruguru ya Burkina Faso ahitwa Arbinda mu Ntara ya Soum iri mu gice cya Burkina Faso kigize Sahel.

Ku ikubitiro bariya bagizi ba nabi babanje gushimuta abana 12, nyuma batwara abandi 13 babavanye mu midugudu ibiri ituranye.

Radio ya Burkina Faso yitwa Radio Diffusion Television du Burkina (RTP) niyo yatangaje ko ingabo na Polisi bya kiriya gihugu byabohoje bariya bantu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Aya makuru yatangajwe mu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu  Taliki 20, Mutarama, 2023.

Ubwo bariya bantu bafatwaga bunyago, bikamenyekana, umuryango mpuzamahanga warabyamaganye.

Antonio Guterres uyobora Umuryango w’Abibumbye yasabye ko barekurwa ‘nta yandi mananiza.’

Burkina Faso iri mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika byazahajwe n’ibitero by’iterabwoba.

Islamic State niyo iteye impungenge ku mutekano w’Afurika yose…

- Advertisement -

Islamic State Yugarije Afurika

 

TAGGED:AbagoreAbanaBurkinaBurkina FasoFasofeaturedIbyihebeIslamicIterabwobaState
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yapfuye Avuye Mu Nama Y’Abaminisitiri
Next Article 2023:Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7.8%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?