Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2023 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba.

Mu mpera z’Icyumweru gishize( cyarangiye taliki 15, Mutarama, 2023) ibyihebe byashimuse abagore n’abana bibasanze mu Majyaruguru ya Burkina Faso ahitwa Arbinda mu Ntara ya Soum iri mu gice cya Burkina Faso kigize Sahel.

Ku ikubitiro bariya bagizi ba nabi babanje gushimuta abana 12, nyuma batwara abandi 13 babavanye mu midugudu ibiri ituranye.

Radio ya Burkina Faso yitwa Radio Diffusion Television du Burkina (RTP) niyo yatangaje ko ingabo na Polisi bya kiriya gihugu byabohoje bariya bantu.

Aya makuru yatangajwe mu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu  Taliki 20, Mutarama, 2023.

Ubwo bariya bantu bafatwaga bunyago, bikamenyekana, umuryango mpuzamahanga warabyamaganye.

Antonio Guterres uyobora Umuryango w’Abibumbye yasabye ko barekurwa ‘nta yandi mananiza.’

Burkina Faso iri mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika byazahajwe n’ibitero by’iterabwoba.

Islamic State niyo iteye impungenge ku mutekano w’Afurika yose…

Islamic State Yugarije Afurika

 

TAGGED:AbagoreAbanaBurkinaBurkina FasoFasofeaturedIbyihebeIslamicIterabwobaState
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yapfuye Avuye Mu Nama Y’Abaminisitiri
Next Article 2023:Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7.8%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUtuntu n'Utundi

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?