Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaguye Mu Gitero Ku Kibuga Cy’Indege Muri Aghanistan Bamaze Kuba 110
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaguye Mu Gitero Ku Kibuga Cy’Indege Muri Aghanistan Bamaze Kuba 110

admin
Last updated: 27 August 2021 11:07 am
admin
Share
SHARE

Imibare imaze kumenyekana igaragaza ko abantu biciwe mu gitero ku Kibuga cy’Indege cya Kabul muri Afghanistan bamaze kuba 110, bazize ibisasu byaturikijwe n’umutwe wa Islamic State kuri uyu wa Kane.

Ni ibitero byahitanye abantu bari ku kibuga cy’indege bagerageza guhunga ubutegetsi bwa Taliban, umutwe uheruka gufata igihugu.

Imibare igaragaza ko mu bapfuye harimo abaturage nibura 97 ba Afghanistan, hakiyongeraho abasirikare 13 ba Leta zunze Ubumwe za Amerika bari bacunze umutekano mu gikorwa cyo guhungisha abo baturage.

Umutwe wa Taliban watangaje ko na wo wahatakarije abantu 28 nk’uko Al Jazeera yabyanditse.

Ni cyo gitero kiguyemo abasirikare benshi ba Amerika muri Afghanistan guhera muri Kanama 2011, ubwo igitero cyahitanaga abasirikare 30.

Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ko umutwe wagabye kiriya gitero umenyerewe nka ISIS-K bagomba kuwuryoza ibyo wakoze.

Ingabo z’ibihugu by’amahanga ziri mu bikorwa byo guhungisha ingabo kimwe n’abaturage ba Afghanistan bakoranaga, bitarenze ku wa 30 Kanama 2021.

Mu minsi 12 ishize hamaze guhungishwa abantu hafi 100,000.

TAGGED:AfghanistanfeaturedIslamic StateKabul
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Benshi Barimo Abanyamerika 12 Biciwe Ku Kibuga cy’Indege Muri Afghanistan
Next Article Abana 24 B’Ingagi Bagiye Kwitwa Amazina Mu Muhango Wihariye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?