Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaguye Mu Gitero Ku Kibuga Cy’Indege Muri Aghanistan Bamaze Kuba 110
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaguye Mu Gitero Ku Kibuga Cy’Indege Muri Aghanistan Bamaze Kuba 110

Last updated: 27 August 2021 11:07 am
Share
SHARE

Imibare imaze kumenyekana igaragaza ko abantu biciwe mu gitero ku Kibuga cy’Indege cya Kabul muri Afghanistan bamaze kuba 110, bazize ibisasu byaturikijwe n’umutwe wa Islamic State kuri uyu wa Kane.

Ni ibitero byahitanye abantu bari ku kibuga cy’indege bagerageza guhunga ubutegetsi bwa Taliban, umutwe uheruka gufata igihugu.

Imibare igaragaza ko mu bapfuye harimo abaturage nibura 97 ba Afghanistan, hakiyongeraho abasirikare 13 ba Leta zunze Ubumwe za Amerika bari bacunze umutekano mu gikorwa cyo guhungisha abo baturage.

Umutwe wa Taliban watangaje ko na wo wahatakarije abantu 28 nk’uko Al Jazeera yabyanditse.

Ni cyo gitero kiguyemo abasirikare benshi ba Amerika muri Afghanistan guhera muri Kanama 2011, ubwo igitero cyahitanaga abasirikare 30.

Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ko umutwe wagabye kiriya gitero umenyerewe nka ISIS-K bagomba kuwuryoza ibyo wakoze.

Ingabo z’ibihugu by’amahanga ziri mu bikorwa byo guhungisha ingabo kimwe n’abaturage ba Afghanistan bakoranaga, bitarenze ku wa 30 Kanama 2021.

Mu minsi 12 ishize hamaze guhungishwa abantu hafi 100,000.

TAGGED:AfghanistanfeaturedIslamic StateKabul
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Benshi Barimo Abanyamerika 12 Biciwe Ku Kibuga cy’Indege Muri Afghanistan
Next Article Abana 24 B’Ingagi Bagiye Kwitwa Amazina Mu Muhango Wihariye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu Byazamutse

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?