Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko umugabo wateguye igitero ku kibuga cy’indege i Kabul kikagwamo abarenga 170 barimo abasirikare 13 ba Amerika, yiciwe...
Imibare imaze kumenyekana igaragaza ko abantu biciwe mu gitero ku Kibuga cy’Indege cya Kabul muri Afghanistan bamaze kuba 110, bazize ibisasu byaturikijwe n’umutwe wa Islamic State...
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko icyo...
Hamwe mu hantu Isi ihanze amaso ni muri Afghanistan. Abatalibani baraye binjiye mu Biro by’Umukuru w’Igihugu bashing Leta ya Kisilamu yiswe Islamic state of Afghanistan. Babikoze...
Perezida Ashraf Ghani wa Afghanistan yahunze igihugu, nyuma y’uko umutwe w’aba-Taliban wamaze gufata ibice byinshi by’igihugu, unazenguruka umurwa mukuru Kabul. Kuri iki Cyumweru muri icyo gihugu...