Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abahanga Mu By’Imisoro Bishimira Uburyo Bunoze Bwo Kubikora Bwashyizweho Na Leta
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abahanga Mu By’Imisoro Bishimira Uburyo Bunoze Bwo Kubikora Bwashyizweho Na Leta

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2026 8:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo harangizwaga Inama ya 15 yahuje Abakora mu By’Imisoro n’abakora mu Ihuriro ry’abanyamwuga mu ibaruramari, abayitabiriye bishimiye uko bahuguwe ariko basaba ko hakomeza imikoranire yo kongera ubumenyi muri uru rwego, amategeko n’ikoranabuhanga bijyana nabyo.

Bavuze ko ejo hazaza h’imitangirwe y’imisoro hazsterwa n’ubushishozi bwonkumenya neza ibyo bakora, akamaro kabyo, amategeko abigenga n’ibindi byose bijyana nabyo

Icyakora yasobanuwe neza Paul Frobisher Mugambwa, Umuyobozi w’Imisoro n’Igenamigambi rya Politiki y’Imisoro mu kigo PwC Rwanda yasabye abitabiriye iyo nama kongera gutekereza “k’ukubahiriza amategeko” n’icyo bisobanuye muri iki gihe no mu gihe kizaza kandi kizagendana n’ikoranabuhanga.

Yagaragaje ko kugabanya amakosa mu kumenyekanisha umusoro, bidasobanura gusa kwirinda ibihano, ahubwo ari uburyo bwo kugirirwa icyizere n’ubuyobozi kandi bigafasha mu kuzamura ubucuruzi runaka akora.

Mugambwa yerekanye ko imitangire myiza y’imisoro itangirira ku kwirinda gushaka guca iz’ubusamo no kumenyekanisha imisoro y’ibice ahubwo bigakorwa mu mucyo, mu nyandiko irambuye ikurikije ibiteganywa n’amategeko.

Abitabiriye basuzumiye hamwe ibice by’ingenzi bikunze gushyira ubucuruzi mu byago, birimo kudakosora amakosa ku nyandiko z’imisoro, gufata ibyemezo byubakiye ku bushishozi ku igabanuka ry’imisoro (deductions), ubushobozi bw’ishoramari (capital allowances), impungenge z’uko amafaranga ya sosiyete ari make n’ibindi.

Ibiganiro byagaragaje akamaro ko kwandika neza inyandiko imenyekanisha umusoro no gufata ibyemezo byubakiye ku makuru kugira ngo hirindwe inyerezwa ry’umusoro w’igihugu.

Charles Tumusiime, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imisoro n’Ubugenzuzi mu Kigo GarnetPartners we yasobanuriye abitabiriye ayo mategeko ishingiro ry’Imisoro ku nyungu rusange.

Yasobanuye uburyo bwo kumenya no kubona inyungu igihugu gikura mu misoro, atanga inama z’uburyo bwo gukomeza kubahiriza amategeko no kunoza inyandiko zimenyesha imisoro.

Ubwo Inama yarangiraga, abitabiriye bavuze ko ibyo bize bitabaye amasigara-kicaro, bibuka ko gusora imisoro itari gikorwa cyo kubahiriza amategeko gusa, ahubwo ari ingenzi mu bucuruzi no kubaka mu buryo burambye

Batanze ibitekerezo by’uko byagenda ngo birusheho gukorwa neza.

Bashishikarijwe guteza imbere imicungire y’imisoro, kugirirwa icyizere mu bucuruzi no kubaka igihugu mu buryo bwizewe.

TAGGED:IkigoImisoroInama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi
Next Article FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?