Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abahishe Abayahudi N’Abatutsi Muri Jenoside Ni Abo Gushimwa- Serge Brammertz
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abahishe Abayahudi N’Abatutsi Muri Jenoside Ni Abo Gushimwa- Serge Brammertz

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2023 12:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushinjacyaha mukuru uyobora Urwego rwasigariyeho inkiko zashyiriweho guhana abakoze Jeniside yakorewe Abatutsi, Dr. Serge Brammertz yavuze ko n’ubwo abagiriye nabi abandi bakoze ibintu  bibim ariko ari ngombwa gushima abahishe Abayahudi cyangwa Abatutsi ubwo bahigwaga bukware.

Brammertz yabivugiye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi ikozwe n’Abanazi ba Hitler wategekaga u Budage n’igice kinini cy’u Burayi.

Mbere y’uko Serge Brammertz avuga ijambo rye hari habanje gutambura ubuhamwa bwa Emil A. Fisher, akaba ari umwe mu Bayahudi bake babonye Jenoside yabakorewe ugihumeka.

Mu buhamya bwe yavuze ko yaciye mu bihe bikomeye ariko ko we n’ababyeyi be ndetse na bamwe mu bavandimwe bahishwe na bamwe mu batarahigwaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Serge Brammertz yavuze ko ubutabera niyo bwatinda kubera kwishishahisha kw’abagize uruhare muri za Jenoside, ariko butinda bugatangwa.

Hagati aho ariko yashimiye bamwe mu batarahizwe bagize uruhare mu guhisha abahigwaga haba mu Rwanda cyangwa mu Burayi aho Jenoside yakorewe Abayahudi yakorewe.

Ambasaderi wa Israel Dr. Ron Adam yavuze ko ubwo  ari umwe mu bagize isekuru cya kabiri cy’abantu bakomoka ku barokotse Jenoside yakorewe Abayahudi.

Yavuze ko amagambo y’urwango abwirwa abantu, aba ari ikintu kibi gishobora kuganisha ku yindi Jenoside, iyo ikaba ari impamvu ikomeye igomba gutuma iyo mvugo ikumirwa ntisakare hose.

Asa n’uwakomozaga ku magambo y’urwango amaze iminsi avugirwa muri Repuibulika ya Demukarasi ya Congo abiba urwango ku Batutsi batuye kiriya gihugu.

- Advertisement -

Jenoside yakorewe Abayahudi yahitanye abagera kuri miliyoni esheshatu mu gihe cy’imyaka itanu.

TAGGED:AbaturageAbatutsiAbayahudiBrammertzfeaturedIcyahaJenosideSerge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo Muri DRC Biri Gusubira Irudubi-Uhuru Kenyatta
Next Article Kagame Na Patricia Scotland Barebeye Hamwe Uko Commonwealth Ihagaze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?