Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abajura Banze Kumva Umuburo Wa IGP Namuhoranye Katangiye Kubabaho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abajura Banze Kumva Umuburo Wa IGP Namuhoranye Katangiye Kubabaho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 October 2023 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emmanuel Nzarubara uvugwaho ubujura bw’intsinga yaraye arashwe arapfa. Polisi ivuga ko yarashwe ubwo yashakaga gucika.

Yarasiwe mu Murenge wa Ruhashya, Akagari ka Muhororo, Umudugudu w’Agasharu mu Karere ka Huye.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Superintendent( SP)Emmanuel Habiyaremye yagize ati: “Uwitwa Nzarubara Emmanuel wakekwagaho kwiba intsinga z’amashanyarazi, ubwo yari agiye kwerekana izindi yibye aho yazibitse, yagerageje gutoroka, araswa n’abapolisi arapfa.”

SP Habiyaremye avuga ko iki kibazo  cy’ubujura bw’intsinga cyahagurukiwe n’inzego bityo ko ababikora bakwiye kubireka.

Avuga ko ubujura bw’intsinga z’amashanyarazi ari ikibazo inzego zahagurukiye by’umwihariko Polisi kubera ko bigira ingaruka ku iterambere ry’abaturage muri rusange.

Umuyobozi Mukuru wa Polisi, IGP Namuhoranye  Felix aherutse kubwira abanyamakuru ko Polisi igiye guhagurukira mu buryo bukomeye abantu bangiza ibikorwaremezo, by’umwihariko intsinga.

Icyo gihe yagize ati: “ Twagiye kubijyamo dusanga bari gucuruza ibyapa byo ku muhanda. Twarabwiye ngo mucire birarura. Mubabwire ko umuntu ubyuka mu gitondo agiye kwangiza ibikorwaremezo mumutubwirire ngo cirabirarura. Tumaze gufata benshi.’’

Nyuma yo kuvuga ko ababikora bagomba gucira kuko birura, IGP Namuhoranye yavuze ko aho ikibazo gikomerera kuri uwo muntu ari uko hari n’ubwo ashaka kurwanya abapolisi.

Ati: “Bikaba bibi rero iyo ugiye kumufata agashaka gukoresha bya bikoresho. Hari umwe uvamo neza n’undi biri bururire. Ni yo mpamvu navuze ngo acire birarura.”

Umurambo wa Nzarubara wahise ujyanwa ku Bitaro bya CHUB

Aje akurikira  uw’i Muhanga na Bugesera barashwe na polisi bakekwaho kwiba intsiga z’amashanyarazi .

TAGGED:AmashanyaraziBugeserafeaturedHuyeIntsindaMuhangaPolisiUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uyobora RALGA Yabuze Ikipe Y’Amagare Imwemera Akura Kandidatire Muri FERWACY
Next Article Bamwe Mu Bafana Ba APR FC Barashaka Ko Umutoza Wayo Yirukanwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?