Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cy’ingufu za Atomique gishamikiye kuri Minisiteri y’ibikorwa remezo, yasinyanye amasezerano n’ikigo cy’Abadage n’abanya Canada kitwa Dual Fluid agamije kurufasha kubona...
Ikigo kitwa Ewaka n’ikindi kitwa AC Group basinyanye amasezerano akubiyemo ko mu gihe kitarambiranye ikigo Ewaka kizaba cyazanye amagare akoresha amashanyarazi mu Rwanda. Hari na gahunda...
Ibihugu birimo n’iby’Afurika bikomeje gukomanyiriza Niger nyuma y’uko abajenerali bayo bahiritse ku butegetsi Bazoum wahoze uyiyoboraga. AFP itangaza ko Lagos yategetse ko amashanyarazi yari isanzwe iha...
Ni umushinga ufite agaciro ka Miliyoni $90. Amasezerano agenga iby’iri shoramari aherutse gusinywa hagati y’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, ubw’Umujyi wa Kigali n’ubw’ikigo Vivo Energy Group...
Mu gihe kitaratangazwa arko cya vuba, mu mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa bisi zikoresha amashanyarazi. Ni mu rwego rwo kurushaho kurengera ibidukikije ariko n’ikibazo cya bisi...