Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakiliya Ba CANAL+ Rwanda Bashyizwe Igorora Ku mukino Wa Nyuma Wa Champions League
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abakiliya Ba CANAL+ Rwanda Bashyizwe Igorora Ku mukino Wa Nyuma Wa Champions League

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2022 4:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sosiyete icuruza amashusho, CANAL+ yadabagije abakiliya bayo mu rwego rwo kubafasha kuzaryoherwa n’umukino wa nyuma wa Champions League uzahuza Liverpool na Real Madrid saa tatu z’ijoro kuri uyu wa gatandatu taLiki 28 Gicurasi 2022.

Ni umukino uzabera kuri ‘Stade de France’ ariko Abanyarwanda bakazawukurikira ku nyakiramashusho zabo bifashishije Dekoderi ya CANAL+ Rwanda. Uzatambuka kuri shene ya CANAL+ SPORT 3.

Mu rwego rwo gufasha abakiliya bayo kuzaryoherwa n’uyu mukino, CANAL+ iri gutanga Icyumweru cy’inyongera cyo kureba amashene yose ya siporo mu gihe umukiliya aguze ifatabuguzi iryo asanganywe ritarashira.

Icyumweru cy’inyongera ku ifatabuguzi rya Frw 5000

Umukiliya usanzwe agura ifatabuguzi rya Frw 5,000, iyo ariguriyeho irindi ry’ibihumbi Frw 5,000 ahita ahabwa iminsi irindwi y’inyongera yo kureba amashene yose ya CANAL+ SPORT asanzwe aboneka ku ifatabuguzi rya Frw 20,000.

Mu gihe umukiliya uguze ifatabuguzi rya Frw  10,000 iryo asanganywe ritarashira, we ahabwa iminsi irindwi yo kureba amashene yose ya CANAL+ Rwanda asanzwe aboneka ku ifatabuguzi rya Frw 30,000.

Umunyarwanda wifuza kuba umufatabuguzi mushya wa CANAL+ Rwanda afite amahirwe yo kugura Dekoderi iri kumwe n’ibikoresho byayo ku Frw 5,000 mu gihe igiciro cya Installation(kumanika ibikoresho) nacyo kiri Frw 5,000 muri poromosiyo yiswe Shuwa Diru( Sure Deal).

Uretse umukino wa nyuma wa Champions League, muri Kamena 2022, CANAL+ Rwanda kandi izerekana n’imikino y’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’Africa cyo muri 2023, aho u Rwanda ruri  kwitegura umukino ukomeye uzaruhuza na Senegal.

Umukiliya wifuza kugura ifatabuguzi rya CANAL+ ashobora kunyura k’umucuruzi wemewe wa CANAL+ Rwanda, iduka rya CANAL+ Rwanda cyangwa akifashisha ikoranabuhanga nka MTN MOMO (*182*3*1*4#) cyangwa Airtel Money (*500*7#).

Ni ‘sure deal’
TAGGED:BwongerezaCanal +IfatabuguziImikino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda N’Abayahudi Baba Mu Rwanda Bafunguriwe Resitora Yihariye
Next Article Perezida Kagame yabonanye N’Uyobora u Budage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibya Rayon Sports Bikomeje Kuyoberana Nyuma Yo Gutsindwa Na Bugesera FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?