Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi 5 Ba REG Batawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi 5 Ba REG Batawe Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 December 2022 3:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru y’abakozi batanu b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutanga ingufu, REG, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha.

Bane mu bafashwe banganya imyaka y’amavuko kuko buri wese afite 32, n’aho undi umwe afite imyaka 38 y’amavuko.

Mu mpera z’Ugushyingo, 2022 bivugwa ko abo bantu bakoranye icyaha cyo kwangiza ibikorwa remezo nyuma yo kumanura urutsinga rw’amashanyatazi ruyavana mu cyuma kiyakira( transfo) rukayajyana ku munara w’ahitwa Kayovu, mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera.

Amakuru avuga ko ruriya rutsinga rufite agaciro ka Frw3,544,248.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ruvuga ko abantu  basenya ibikorwaremezo baba bakoze icyaha kandi ko bagombye kubizibukira.

Rusaba abatuye u Rwanda kuzirikana ko kurinda ibikorwa remezo ari bo bigirira akamaro kuko bituma igihugu kitadindira mu iterambere rya bose kandi n’abantu bakaba birinze ibihano bigendana no gukora kiriya cyaha.

Muri byo harimo gufungwa igihe kitari munsi y’umwaka ariko kitarenze imyaka itanu cyangwa akishyura Frw 1,000,000 ariko atarenze Frw 5,000,000 cyangwa kimwe muri byo bihano.

TAGGED:AmashanyaraziBugeseraIcyahaREGRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kubaka ‘Ubukungu Budapfusha Ubusa’
Next Article M23 Yiyemeje Kuva Ku Izima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?