Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi 5 Ba REG Batawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi 5 Ba REG Batawe Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 December 2022 3:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru y’abakozi batanu b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutanga ingufu, REG, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha.

Bane mu bafashwe banganya imyaka y’amavuko kuko buri wese afite 32, n’aho undi umwe afite imyaka 38 y’amavuko.

Mu mpera z’Ugushyingo, 2022 bivugwa ko abo bantu bakoranye icyaha cyo kwangiza ibikorwa remezo nyuma yo kumanura urutsinga rw’amashanyatazi ruyavana mu cyuma kiyakira( transfo) rukayajyana ku munara w’ahitwa Kayovu, mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera.

Amakuru avuga ko ruriya rutsinga rufite agaciro ka Frw3,544,248.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ruvuga ko abantu  basenya ibikorwaremezo baba bakoze icyaha kandi ko bagombye kubizibukira.

Rusaba abatuye u Rwanda kuzirikana ko kurinda ibikorwa remezo ari bo bigirira akamaro kuko bituma igihugu kitadindira mu iterambere rya bose kandi n’abantu bakaba birinze ibihano bigendana no gukora kiriya cyaha.

Muri byo harimo gufungwa igihe kitari munsi y’umwaka ariko kitarenze imyaka itanu cyangwa akishyura Frw 1,000,000 ariko atarenze Frw 5,000,000 cyangwa kimwe muri byo bihano.

TAGGED:AmashanyaraziBugeseraIcyahaREGRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kubaka ‘Ubukungu Budapfusha Ubusa’
Next Article M23 Yiyemeje Kuva Ku Izima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?