Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Ba RIB Bahawe Umwenda Ubaranga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Abakozi Ba RIB Bahawe Umwenda Ubaranga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2022 1:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bahawe umwenda uzajya ubaranga mu kazi.  Ku rundi ruhande ariko, hari abandi bazajya batayambara ariko bakereka uwo bagiye gukorana ikarita ibaranga.

Bikubiye mu butumwa ubuyobozi bwa RIB bwaraye butangaje muri video iri ku rubuga rw’uru rwego.

Ubwo butumwa bugira buti: “RIB iramenyesha abaturarwanda ko bagiye gutangira kubona abagenzacyaha bambaye impuzankano…Icyakora abazaba bari mu kazi batayambaye bazajya berekana ikarita y’akazi.”

RIB iramenyesha abaturarwanda ko bagiye gutangira kubona abagenzacyaha bambaye impuzankano nkuko zigaragara muri iyi video, icyakora abazaba bari mu kazi batayambaye bazajya berekana ikarita y'akazi. pic.twitter.com/equPlQ4L12

— Rwanda Investigation Bureau (@RIB_Rw) February 1, 2022

Icyakora si ubwa mbere uru rwego rutangaje ko abakozi barwo bagiye kwambara impuzankano kuko no muri Gicurasi, 2021 ubu bu butumwa bwaratambutse.

Icyo gihe bwavugaga ko abakozi b’uru Rwego bazatangira kwambara uyu mwambaro taliki 05, Gicurasi, 2021 ariko si ko byagenze kandi nta bisobanuro byigeze bitangwa icyo gihe.

Muri Gicurasi, 2021 Kigali Today yanditse inkuru yavugaga ko abagenzacyaha bagiye guhabwa impuzankano ariko ntabyabaye

Rwanda Investigation Bureau (RIB)  ni Urwego rwashyizeho n’Itegeko  Nº12/2017 ryo ku wa 07/04/2017.

Rushinzwe gutahura, gukumira no kugenza ibyaha rufatanyije n’izindi nzego zibifitiye uburenganzira bugenwa n’Amategeko.

TAGGED:AbagenzacyahafeaturedImpuzankanoRIBUmwenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Ndayishimiye Yakiriye Uhagarariye Israel Mu Burundi
Next Article Aubameyang ‘Yasezeye’ Muri Arsenal
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?