Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Muri Minisiteri Y’Ubutegetsi Bw’Igihugu Bakomerekeye Mu Mpanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi Muri Minisiteri Y’Ubutegetsi Bw’Igihugu Bakomerekeye Mu Mpanuka

admin
Last updated: 21 May 2021 6:22 pm
admin
Share
SHARE

Abakozi bane ba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka, ubwo bari mu muhanda bavuye i Karongi berekeza i Nyamasheke, mu ruzinduko rwa Minisitiri Gatabazi Jean Marie Vianney.

Amakuru yemeza ko iyo modoka yari itwawe na Kabayija Fredy w’imyaka 38 wakomeretse bikomeye, ari kumwe n’umuyobozi mukuru muri iriya minisiteri, Semwaga Angel w’imyaka 52 na we wakomeretse bikomeye.

Bari kumwe na Karangwa Cassien w’imyaka 42 na Kamanzi, bose bakora muri iyo Minisiteri.

Amakuru avuga ko iriya mpanuka yatewe n’uko umushoferi “yageze aho ananirwa gukata ikoni rihari, imodoka irenga umuhanda, igwa muri metero 20.”

Bikekwa ko impanuka yatewe no kutaringaniza umuvuduko k’uwari utwaye iyi modoka. Ni iyo mu bwoko bwa Land Cruiser V8.

Imodoka na yo yangiritse. Abakomeretse boherejwe kuvurirwa ku bitaro bya Kibuye.

Iyi modoka nayo yangiritse
TAGGED:featuredGatabazi JMVImpanuka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indirimbo ‘Butter’ Yaciye Agahigo Ko Kurebwa Cyane Kuri YouTube Mu Gihe Gito
Next Article Abanyarwanda Muri Abahanga: Mukandutiye Yasabye Imbabazi Amanitse Amaboko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?