Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakunzi Ba Golf Bitabiriye Ibirori Rwanda Summer Golf Kuri Muhazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abakunzi Ba Golf Bitabiriye Ibirori Rwanda Summer Golf Kuri Muhazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2022 5:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hafi y’ikiyaga cya Muhazi ahubatswe ikigo Falcon Golf& Country Club habereye ibirori birimo no gukina umukino wa Golf byahuje abaturutse imihanda yose.

Ni ibirori bibaye ku nshuro ya gatatu. Kuri iyi nshuro byitabiriwe cyane kuko mu zaziyibanjirije habayemo ikibazo cy’uko abantu bagombaga kwidagadura ariko banirinda COVID-19.

Kuyirinda byasabaga guhana intera no kwambara agapfukamunwa ariko kuri iyi nshuro abantu bisanzuye kurushaho.

Abenshi mu babyitabiriye banaboneyeho kuhamurikira ibyo bakora.

Ntabwo ari ibirori gusa ahubwo byabaye n’uburyo bwo gucuruza no kumenyana hagati ya ba rwiyemezamirimo.

Iki gikorwa cy’umunsi umwe cyakozwe no mu buryo bwo kwimakaza gahunda ya TemberURwanda.

Cyatewe inkunga n’inzego zitandukanye zirimo CIMERWA Cement Limited Rwanda, Volkswagen Rwanda (VW)  n’ibindi bigo.

Kugira ngo imbeho y’umugoroba itagira uwo yica, hari n’abahanzi cyangwa abandi bashyushyarugamba.

Kugera aho bibera uturutse i Kigali ni urugendo rw’iminota 40.

Falcon Golf & Country Club aho byabereye ni mu Mudugudu wa Nyamabuye, Akagari ka Gati, Umurenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana.

Byitabiriwe  n’abantu bagera ku  2000.

Baraganira nk’aba Gentlemen
Skol yaje guhaza icyaka cy’abayihebeye
Ibindi bigo birimo na JIBU nabyo byaje kuhamurikira ibyo bikora
Ni ahantu hagari bihagije
Ni ibirori byitabiriwe kandi ababyitabiriye bari buze guhabwa umuziki ngo barwanye imbeho
TAGGED:IbiroriMuhaziRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sosiyete Sivile Muri Centrafrique Yikomye U Rwanda
Next Article Mu Mafoto: Umunyamakuru Barbara Yamuritse Igitabo Mu Muhango Witabiriwe N’Abarenga 200
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

You Might Also Like

Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?