Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amabwiriza ajyanye no gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19, aho mu Mujyi wa Kigali ibirori byose no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Ni...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yasohoye amabwiriza azagenga ibirori bibera mu ngo birimo Gusaba no gukwa. Mbere y’uko biba, ababiteguye bagomba kubimenyesha gitifu w’Akagari, akamenyeshwa igihe bizatangirira, igihe...