Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakurikiranyweho Kurasa Gen Katumba Wamala Bari Gukorerwa Iyicarubozo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abakurikiranyweho Kurasa Gen Katumba Wamala Bari Gukorerwa Iyicarubozo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2021 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo abacamanza bari kuburanisha abagabo bafashwe n’inzego z’umutekano za Uganda bari bagiye mu kiruhuko, aba bagabo beretse itangazamakuru ibikoreme bavuga ko batewe n’abasirikare aho bafungiwe. Bavuga ko bakorerwa iyicarubozo.

Amafoto yatangajwe na NTV ayerekana abo bagabo bari kwereka itangazamakuru ibikomere bafite mu mugongo, ku birenge n’ahandi ku mubiri.

Bari kuburanishirizwa mu rukiko ruri ahitwa Nakawa, umucamanza ukuriye Inteko iburanisha yitwa Douglas Singiza.

Tariki ya 01, Kamena, 2021 nibwo byamenyekanye ko  Gen Katumba Wamala yarashwe n’abantu bari kuri moto, amasasu aramukomeretsa ariko umukobwa we ahasiga ubuzima.

Undi wahaguye ni umushoferi we.

umwe mu basirikare bakuru ba Uganda yarikotse amasasu yarashwe n’abantu bane bari bamuteze igico bari kuri moto.

Hari video icyo gihe yerekanaga aho amaraso yamenekeye.

Gen Katumba Wamala yakomeretse urutugu, hanyuma bamujyana kwa muganga ari kuri moto.

Edward Katumba Wamala ni umwe  mu basirikare bakuru ba Uganda. Muri iki gihe ni Minisitiri w’umurimo n’ubwikorezi, akaba yaragiye kuri aka kazi guhera tariki 14, Ukuboza, 2010.

Mbere yari Umunyamabanga wa Leta muri iriya Minisiteri.

Yigeze kuba Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda guhera mu mwaka wa 2005 kugeza mu mwaka wa 2013.

Mbere y’aka kazi, Gen Edward Katumba Wamala yabaye Komiseri Mukuru wa Polisi ya Uganda.

Icyo gihe hari hagati y’umwaka wa 2001 n’umwaka wa 2005.

TAGGED:featuredIyicarubozoKatumbaUgandaWamala
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwayoboraga Maï-Maï Yatawe Muri Yombi
Next Article Gitifu Avuga Ko Yeguye Kubera Igitutu Cya Visi Meya Wa Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?