Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abamaze Kwandura COVID-19 Mu Rwanda Barenze 25.000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abamaze Kwandura COVID-19 Mu Rwanda Barenze 25.000

admin
Last updated: 01 May 2021 1:10 am
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu abamaze gusangwamo COVID-19 mu Rwanda bageze ku 25.116, nyuma y’uko abantu 121 bari bamaze gusangwamo virus itera iyo ndwara.

Uyu mubare w’ubwandu bushya wabonetse mu bipimo 4868 byasuzumwe, bituma ibipimo byose hamwe bimaze gufatwa biba 1.313.490.

Benshi mu basanzwemo uburwayi kuri uyu wa Gatanu ni abo mu turere twa Gicumbi (29), Karongi (25), Ngoma (17) na Nyamagabe (10).

Mu bamaze gusangwamo ubwandu bose hamwe, abarenga 92.8 ku ijana barakize, ku buryo abakirwaye ari 1547.

Kugeza ubu abarembye ni batatu, mu gihe abamaze kwitaba Imana ari 335.

Kuri uyu wa Gatanu hapfuye babiri barimo umugabo w’imyaka 83 w’i Huye n’umugabo w’imyaka 60 w’i Kigali.

TAGGED:COVID-19featuredNgamije DanielNsanzimana Sabin
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Muri Bo Nta Mana Irimo’: Kagame Abwira Abashaka Guha U Rwanda Amabwiriza
Next Article Kagame Yakomoje Ku Mayeri Y’Abarenga Ku Mabwiriza Yo Kwirinda COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?