Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana 12 Bagiye Gutozwa Na Arsenal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Abana 12 Bagiye Gutozwa Na Arsenal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2025 2:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Aba bana bitwaye neza mu majonjora(Ifoto@IGIHE)
SHARE

Mu Cyumweru gitaha, abana 12 batoranyijwe mu bandi nyuma yo kubahiga mu gukina umupira w’amaguru, bazajya mu Bwongereza gutozwa n’abatoza bo muri iyi kipe iri mu yandi make akomeye muri iki gihugu.

Iyi kipe isanganywe amasezerano n’u Rwanda yo kurwamamaza mu mahanga narwo rukayishyura.

Mbere y’uko abo bana batoranywa, babanje guhiganwa, bahura bose baturutse mu marerero atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali.

Kubatoranya byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 04, Nyakanga, 2025, bakaba bari bahuriye muri Green Hills Academy ari naho ikipe yatoranyijwemo benshi yitwa FTPR Lions Academy isanzwe ikorera.

Mbere yabyo, hari amarushanwa ahuza abana bose yari yarateguye, abana barahura bakina hagati yabo , abatoranyijwe ko bitwaye neza bakaba bazajya mu Bwongereza mu gihe gito kiri imbere.

Ikipe yitwa Shining Football Academy yegukanye iri rushanwa mu bana batarengeje imyaka icyenda naho Irerero rya FTPR Lions Academy ryatwara iri rushanwa nyuma yo guhiga andi arimo Agaciro Football Academy, Centre Gikondo na Esperance Football Academy.

Hagati aho abana 12 nibo bagoranyijwe no bazajye mu mwiherero wateguwe na Arsenal ukazamara ibyumweru bitatu.

Umuyobozi wa FTPR Lions Academy, Mbabazi Alain yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko intego y’irushanwa yagezweho, abana bazoherezwa bakaba bitezweho kwitwara neza Arsenal yazabashima ikagira abo igumana kuko ngo nabyo birashoboka.

 

TAGGED:AbanaArsenalfeaturedIkipeIrushanwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarobyi 200 Ba DRC Bari Bafungiwe Muri Angola Barekuwe
Next Article Amakipe Azitabira Irushanwa Rya CAF Yongerewe Amafaranga 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

APR FC Yongeye Gutesha Rayon Igikombe Na Miliyoni Nyinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?