Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana 220,000 Biganjemo Abakobwa Bari Gukorerwa Isuzumabumenyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Abana 220,000 Biganjemo Abakobwa Bari Gukorerwa Isuzumabumenyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2025 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abana b'abakobwa nibo biganje mubakoze ibi bizamini( Ifoto@RBA)
SHARE

Abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bari gukora ibizamini bya Leta bibavana mu mashuri abanza binjira muyisumbuye. Bose hamwe ni abantu 220,000, barimo abanyeshuri 642 bafite ubumuga.

Barahatanira gutsinda amasomo y’umwaka w’amashuri wa 2024/2025.

Ikorwa ry’ibyo bizamini ryatangijwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w’uburezi Joseph Nsengimana wavuze ko ibizamini abo bana bari gukora bizerekana abemerewe kurangiza amashuri abanza bakajya mu yisumbuye hashingiwe ku mitsindire yabo.

Abana bategura kujya gukora ibizamini.(Ifoto@ Kigali Today)

Nsengimana yabwiye itangazamakuru ko abana bafite ubumuga bashyiriweho uburyo buboneye bwo kubafasha gukora ibizamini nta mbogamizi kandi yishimira ko abakobwa ari benshi ugereranyije na basaza babo bitabiriye biriya bizimi.

Ibi bizamini bizakurikirwa n’ibizamini bya Leta mu mashuri yisumbuye bizatangira taliki ya 9, Nyakanga 2025.

Muri bariya bana bose batangiye biriya bizami, abo mu Mujyi wa Kigali ni  29,262.

Uko ingengabihe y’ibizamini iteye
TAGGED:AbakobwaAbanafeaturedIbizaminiKigaliNsengimanaUbumuga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Muri Ituri Hadutse Inyeshyamba Zitwa Zaїre
Next Article Amb.Gatete Ati: “Muhindure Amagambo Mo Ibikorwa”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?