Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana 24 B’Ingagi Bagiye Kwitwa Amazina Mu Muhango Wihariye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukerarugendo

Abana 24 B’Ingagi Bagiye Kwitwa Amazina Mu Muhango Wihariye

Last updated: 27 August 2021 12:27 pm
Share
SHARE

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko ku wa 24 Nzeri 2021 hazitwa amazina abana 24 b’ingagi, mu muhango uzaba mu buryo bw’ikoranabuhanga ku nshuro ya kabiri.

Hazaba hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’ingagi, aho intego izaba ari ugushishikariza abantu guhuza imbaraga mu kubungabunga izi nyamaswa zidapfa kuboneka ahandi ku isi.

Umuyobozi mukuru ushinzwe ubukerarugendo muri RDB, Ariella Kageruka, kuri uyu wa Gatanu yabwiye itangazamakuru ko abazita amazina batoranyijwe mu nzego zitandukanye. Gusa amazina yabo azatangazwa igihe kigeze.

Ati “Mu bazita amazina y’ingagi harimo abantu batandukanye, harimo ibyamamare muri siporo, harimo abafatanyabikorwa batandukanye, abakora mu kubungabunga ibidukikije, inshuti z’u Rwanda, abakora mu nzego zitandukanye ari iz’abikorera, ari iz’ubuzima, n’izindi.”

Biteganywa ko na mbere y’uwo munsi, ku mbuga nkoranyambaga hazaba ubukangurambaga bugamije gushaka amazina azatangwa, abazatsinda muri iryo rushanwa bakazahembwa imyambaro y’amakipe yamamaza ‘Visit Rwanda’ ya Arsenal F.C na Paris Saint Germain.

Iki gikorwa cyatangiye mu 2005, kuva icyo gihe hamaze guhabwa amazina abana 328 b’ingagi.

Muri iyo gahunda kandi hagenda habaho kwishimira inyungu iva mu bukerarugendo, aho miliyari 6.5 Frw zimaze gushorwa mu mishinga itandukanye y’abaturiye za Pariki.

 

 

TAGGED:featuredIngagi. Kwita IzinaRDB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaguye Mu Gitero Ku Kibuga Cy’Indege Muri Aghanistan Bamaze Kuba 110
Next Article U Rwanda Rwinjije Miliyoni $121 Mu Bukerarugendo Mu 2020
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?