Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bafite Ubutumwa Bageneye Abayobozi Ababyeyi N’Abarezi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bafite Ubutumwa Bageneye Abayobozi Ababyeyi N’Abarezi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2023 12:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sarah Asiimwe uhagarariye abandi bana mu Rwanda yavugiye mu kigo cya Nkumba mu Karere ka Burera ko abana bifuza ko ababyeyi bababa hafi, abayobozi bakabashyiriraho gahunda ziteza imbere uburenganzira bwabo n’aho abarezi bagaha abana ubumenyi buzabagirira akamaro karambye.

Asiimwe yabivugiye mu nama ya 16 y’abana bahagarariye abandi yabahurije mu kigo cy’ubutore cya Nkumba muri Burera.

Abana barenga 1000 nibo bahuriye muri iki kigo kugira ngo baganire n’abayobozi ku bibazo byugarije umwana w’Umunyarwanda kandi batange ibitekerezo by’ibyo babona byakorwa ngo bikemuke.

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imbonezamikurire y’abana bato, NCDA, Ingabire Assompta yabwiye abana n’abandi bari bamuteze amatwi ko umwana u Rwanda rw’ejo rwifuza ari ufite amagara mazima, utarazonzwe n’inzoga cyangwa ibiyobyabwenge.

Ingabire Assoumpta umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imbonezamikurire y’abana

Ati: “Tuzirikane ko inzoga atari iz’abato.”

Inama y’abana yitabiriwe n’abanyacyubahiro barimo Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde, abayobozi b’amadini n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano.

Umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri, Musenyeri Vincent Harorimana

Burera: Abana Bahagarariye Abandi Mu Rwanda Bagiye Kwitoramo Abayobozi

TAGGED:AbanafeaturedIkigoImikurireIngabire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Irashaka Gufungura Ambasade Mu Rwanda
Next Article Mexique Haba Ababikira Biyemeje Guteza Imbere Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ese Uburundi Burashaka Gufasha DRC No Muri Dipolomasi?

Ndayishimiye Aherutse Kujya Kwishyuza Tshisekedi

You Might Also Like

Mu mahanga

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamagabe: Ikibazo Cy’Ingo Zidafite Ubwiherero Buboneye Kirakomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?