Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bafite Ubutumwa Bageneye Abayobozi Ababyeyi N’Abarezi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bafite Ubutumwa Bageneye Abayobozi Ababyeyi N’Abarezi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2023 12:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sarah Asiimwe uhagarariye abandi bana mu Rwanda yavugiye mu kigo cya Nkumba mu Karere ka Burera ko abana bifuza ko ababyeyi bababa hafi, abayobozi bakabashyiriraho gahunda ziteza imbere uburenganzira bwabo n’aho abarezi bagaha abana ubumenyi buzabagirira akamaro karambye.

Asiimwe yabivugiye mu nama ya 16 y’abana bahagarariye abandi yabahurije mu kigo cy’ubutore cya Nkumba muri Burera.

Abana barenga 1000 nibo bahuriye muri iki kigo kugira ngo baganire n’abayobozi ku bibazo byugarije umwana w’Umunyarwanda kandi batange ibitekerezo by’ibyo babona byakorwa ngo bikemuke.

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imbonezamikurire y’abana bato, NCDA, Ingabire Assompta yabwiye abana n’abandi bari bamuteze amatwi ko umwana u Rwanda rw’ejo rwifuza ari ufite amagara mazima, utarazonzwe n’inzoga cyangwa ibiyobyabwenge.

Ingabire Assoumpta umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imbonezamikurire y’abana

Ati: “Tuzirikane ko inzoga atari iz’abato.”

Inama y’abana yitabiriwe n’abanyacyubahiro barimo Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde, abayobozi b’amadini n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano.

Umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri, Musenyeri Vincent Harorimana

Burera: Abana Bahagarariye Abandi Mu Rwanda Bagiye Kwitoramo Abayobozi

TAGGED:AbanafeaturedIkigoImikurireIngabire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Irashaka Gufungura Ambasade Mu Rwanda
Next Article Mexique Haba Ababikira Biyemeje Guteza Imbere Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?