Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bato Babwiwe Ibyiza Byo Gutwara Indege
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bato Babwiwe Ibyiza Byo Gutwara Indege

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2023 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abana biga mu kigo kitwa Green Hills Academy basuye ikibuga cy’indege cya Kigali berekwa ibice bikigize.

Binjijwe no mu ndege kugira ngo barebe uko imbere hasa.

Byakozwe mu rwego rwo kubatinyura ngo barebe uko indege bajya bumva iguruka ivuga cyane iba iteye.

Ku rubuga rw’ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’indege handitsweho ko byakozwe mu rwego rwo kubakundisha no kuzaba abapilote b’ejo hazaza.

Umuyobozi w’Ikigo gitwara abagenzi mu ndege Rwandair, Yvonne Manzi Makolo nawe avuga ko bariya bana ari icyizere cy’abapilote b’ejo hazaza u Rwanda ruzakenera.

Abahanga mu mitekerereze n’imikurire y’abantu bemeza ko iyo umwana akundishijwe umwuga akiri muto ‘ashobora cyane’ kuzakura aharanira kuzawukora.

TAGGED:AbanaIkigoIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburangare Bwa FERWAFA Bwabujije u Rwanda Amahirwe
Next Article Uganda Irashaka Gutora Itegeko Rihana ‘Bidasubirwaho’ Abatinganyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?