Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bato Babwiwe Ibyiza Byo Gutwara Indege
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bato Babwiwe Ibyiza Byo Gutwara Indege

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2023 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abana biga mu kigo kitwa Green Hills Academy basuye ikibuga cy’indege cya Kigali berekwa ibice bikigize.

Binjijwe no mu ndege kugira ngo barebe uko imbere hasa.

Byakozwe mu rwego rwo kubatinyura ngo barebe uko indege bajya bumva iguruka ivuga cyane iba iteye.

Ku rubuga rw’ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’indege handitsweho ko byakozwe mu rwego rwo kubakundisha no kuzaba abapilote b’ejo hazaza.

Umuyobozi w’Ikigo gitwara abagenzi mu ndege Rwandair, Yvonne Manzi Makolo nawe avuga ko bariya bana ari icyizere cy’abapilote b’ejo hazaza u Rwanda ruzakenera.

Abahanga mu mitekerereze n’imikurire y’abantu bemeza ko iyo umwana akundishijwe umwuga akiri muto ‘ashobora cyane’ kuzakura aharanira kuzawukora.

TAGGED:AbanaIkigoIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburangare Bwa FERWAFA Bwabujije u Rwanda Amahirwe
Next Article Uganda Irashaka Gutora Itegeko Rihana ‘Bidasubirwaho’ Abatinganyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?