Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bato Babwiwe Ibyiza Byo Gutwara Indege
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bato Babwiwe Ibyiza Byo Gutwara Indege

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2023 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abana biga mu kigo kitwa Green Hills Academy basuye ikibuga cy’indege cya Kigali berekwa ibice bikigize.

Binjijwe no mu ndege kugira ngo barebe uko imbere hasa.

Byakozwe mu rwego rwo kubatinyura ngo barebe uko indege bajya bumva iguruka ivuga cyane iba iteye.

Ku rubuga rw’ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’indege handitsweho ko byakozwe mu rwego rwo kubakundisha no kuzaba abapilote b’ejo hazaza.

Umuyobozi w’Ikigo gitwara abagenzi mu ndege Rwandair, Yvonne Manzi Makolo nawe avuga ko bariya bana ari icyizere cy’abapilote b’ejo hazaza u Rwanda ruzakenera.

Abahanga mu mitekerereze n’imikurire y’abantu bemeza ko iyo umwana akundishijwe umwuga akiri muto ‘ashobora cyane’ kuzakura aharanira kuzawukora.

TAGGED:AbanaIkigoIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburangare Bwa FERWAFA Bwabujije u Rwanda Amahirwe
Next Article Uganda Irashaka Gutora Itegeko Rihana ‘Bidasubirwaho’ Abatinganyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?