Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abandi Bimukira Bavuye Muri Libya Bageze Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abandi Bimukira Bavuye Muri Libya Bageze Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2023 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku kibuga cy’indege cya Kanombe haraye hageze abimukira 153 baturutse muri Libya. Baje basanga abandi babarirwa mu bihumbi baba mu nkambi iba mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera.

Abaraye bageze mu Rwanda barimo abanya Sudani 82, abanya Eritrea 56, abanya Somalia batanu, abanya Ethiopia icyenda n’umunya Sudani y’Epfo umwe.

U Rwanda rumaze igihe rwakira abimukira bavanywa muri Libya aho baba mu buzima bubi rukabatuza mu Bugesera, rukabitaho rubifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Abo bimukira iyo bamaze kumenyera, bahabwa uburyo bwo gushaka niba hari ibindi bihugu byabakira, birimo n’iby’iwabo kavukire.

Hari bamwe muri bo babonye ibihugu byemera ko babibera abaturage birimo na Canada.

Ubuyobozi bw’u Rwanda kandi buri mu biganiro byatangiye mu mwaka wa 2022 by’uko rwakorana n’Ubwongereza mu kwakira abimukira babujyamo mu buryo budakurikije amategeko.

Ni ibiganiro byo kugira ngo babanze babe mu Rwanda bityo nabo bazabone uko basaba kuba mu Bwongereza cyangwa ahandi mu buryo bwemewe n’amategeko.

Ibi biganiro byaranogejwe ariko biracyahura n’imbogamizi kuko kuva muri Mata, 2022 ubwo amasezerano ya mbere yasinywaga, nta mwimukira n’umwe urazanwa mu Rwanda avuye mu Bwongereza.

TAGGED:AbimukiraGashoraLibyaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyamamare Zari Yageze Mu Rwanda
Next Article ICUKUMBUYE: Byagenze Gute Ngo Umujyi Wa Kigali Ntutangaze Uwatsindiye Gutunganya Ikimpoteri Cya Nduba?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?