Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abandi Bimukira Bavuye Muri Libya Bageze Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abandi Bimukira Bavuye Muri Libya Bageze Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2023 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku kibuga cy’indege cya Kanombe haraye hageze abimukira 153 baturutse muri Libya. Baje basanga abandi babarirwa mu bihumbi baba mu nkambi iba mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera.

Abaraye bageze mu Rwanda barimo abanya Sudani 82, abanya Eritrea 56, abanya Somalia batanu, abanya Ethiopia icyenda n’umunya Sudani y’Epfo umwe.

U Rwanda rumaze igihe rwakira abimukira bavanywa muri Libya aho baba mu buzima bubi rukabatuza mu Bugesera, rukabitaho rubifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Abo bimukira iyo bamaze kumenyera, bahabwa uburyo bwo gushaka niba hari ibindi bihugu byabakira, birimo n’iby’iwabo kavukire.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari bamwe muri bo babonye ibihugu byemera ko babibera abaturage birimo na Canada.

Ubuyobozi bw’u Rwanda kandi buri mu biganiro byatangiye mu mwaka wa 2022 by’uko rwakorana n’Ubwongereza mu kwakira abimukira babujyamo mu buryo budakurikije amategeko.

Ni ibiganiro byo kugira ngo babanze babe mu Rwanda bityo nabo bazabone uko basaba kuba mu Bwongereza cyangwa ahandi mu buryo bwemewe n’amategeko.

Ibi biganiro byaranogejwe ariko biracyahura n’imbogamizi kuko kuva muri Mata, 2022 ubwo amasezerano ya mbere yasinywaga, nta mwimukira n’umwe urazanwa mu Rwanda avuye mu Bwongereza.

TAGGED:AbimukiraGashoraLibyaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyamamare Zari Yageze Mu Rwanda
Next Article ICUKUMBUYE: Byagenze Gute Ngo Umujyi Wa Kigali Ntutangaze Uwatsindiye Gutunganya Ikimpoteri Cya Nduba?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Igiye Kubakwamo Hoteli Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?