Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 September 2025 11:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Aba bakobwa batsinzwe uruhenu. Ifoto: FERWAFA
SHARE

Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya bagenzi babo bo muri Nigeria ibitego bine ku busa(4-0), Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe $10,000 bikozwe na Guverineri w’Intara umukino wabereyemo ya Oyo witwa Oluseyi Abiodun Makinde.

Ayo mafaranga agera kuri Miliyoni Frw 14,4 yatanzwe mu rwego rwo kubashimira ko bitwaye neza bakagera no kuri uwo mukino nubwo ‘bawutsinzwe’ ibitego byinshi.

Uyu mukino waraye ubereye aho muri Nigeria watumye ikipe y’abangavu b’u Rwanda isezererwa ityo mu mikino y’ijonjora yo gushaka tike yo kuzajya mu gikombe cy’isi, isezererwa ku giteranyo cy’ibitego bitanu ku busa(5-0).

Ubuyobozi bw’Intara ya Oyo aho uyu mukino wabereye, buvuga ko abangavu b’u Rwanda bagaragaje ubupfura muri uriya mukino, bikaba ari byo byatumye bahembwa ariya madolari.

Intumwa ya Guverineri wa Oyo, Oluseyi Abiodun Makinde, yabwiye abakinnyi ati: “Twishimiye kubakira hano kandi twizeye ko mwakiriwe neza. Guverineri yabemereye igihembo cy’ishimwe kuri uyu munsi. Icyo ni $10,000.”

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Abangavu Cassa Mbungo André yavuze ku nubwo batsinzwe, byamusigiye amasomo menshi azamufasha kubaka ikipe y’igihe kirekire.

Abangavu b’Abanyarwandakazi bitabiriye uyu mukino
TAGGED:AbakobwaAmadolariIgihuguNigeriaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Netanyahu Azasinya Inyandiko Ya Amerika Yo Kurangiza Intambara Na Hamas?
Next Article Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?