Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 16 Bakomerekejwe Na Grenade i Bujumbura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu 16 Bakomerekejwe Na Grenade i Bujumbura

admin
Last updated: 23 December 2021 10:57 am
admin
Share
SHARE

Abantu 16 bakomerekejwe na grenade yaturitse kuri uyu wa 22 Ukuboza, ubwo abantu barebaga filime mu gace ka Bwiza muri Komini Mukaza, mu mujyi wa Bujumbura.

Ni igisasu cyaturitse mu ijoro ahagana 20h30′ gikomeretsa abantu benshi barimo n’uwari ugifite nk’uko ikinyamakuru Iwacu cyabitangaje.

Ni ahantu hahurira urubyiruko rwinshi cyane rukunda kureba filime zisobanuye mu Kinyarwanda, zizwi nk’Agasobanuye.

Amakuru avuga ko uwo muntu nyuma yo guturitsa grenade yahavuye nk’ugiye gutega imodoka, ariko bamurebye neza babona apfutse ku kuguru mu buryo buteye amakenga, bahita bamufata bamusubiza aho igisasu cyari giturikiye.

Bamwe mu bakomeretse bahise bamumenya, bituma bakeka ko ari we ubiri inyuma. Amakuru yemeza ko yahise atabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu iperereza.

Hashize iminsi mu Burundi havugwa ibitero bya grenade, aho nko muri Nzeri hari igitero cyagabwe mu rugo rwa Colonel Aaron Ndayishimiye wo mu Ngabo z’u Burundi, gihitana abantu babiri barimo umugore we.

Ibyo bitero byinshi byakunze gushinjwa umutwe wa RED Tabara.

TAGGED:BujumburaBurundifeaturedGrenade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igitaramo Cyateguriwe Ingabo Z’u Rwanda
Next Article U Rwanda Na Zimbabwe Basinye Amasezerano Yo Guhanahana Abarimu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?