Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 16 Bakomerekejwe Na Grenade i Bujumbura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu 16 Bakomerekejwe Na Grenade i Bujumbura

admin
Last updated: 23 December 2021 10:57 am
admin
Share
SHARE

Abantu 16 bakomerekejwe na grenade yaturitse kuri uyu wa 22 Ukuboza, ubwo abantu barebaga filime mu gace ka Bwiza muri Komini Mukaza, mu mujyi wa Bujumbura.

Ni igisasu cyaturitse mu ijoro ahagana 20h30′ gikomeretsa abantu benshi barimo n’uwari ugifite nk’uko ikinyamakuru Iwacu cyabitangaje.

Ni ahantu hahurira urubyiruko rwinshi cyane rukunda kureba filime zisobanuye mu Kinyarwanda, zizwi nk’Agasobanuye.

Amakuru avuga ko uwo muntu nyuma yo guturitsa grenade yahavuye nk’ugiye gutega imodoka, ariko bamurebye neza babona apfutse ku kuguru mu buryo buteye amakenga, bahita bamufata bamusubiza aho igisasu cyari giturikiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bamwe mu bakomeretse bahise bamumenya, bituma bakeka ko ari we ubiri inyuma. Amakuru yemeza ko yahise atabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu iperereza.

Hashize iminsi mu Burundi havugwa ibitero bya grenade, aho nko muri Nzeri hari igitero cyagabwe mu rugo rwa Colonel Aaron Ndayishimiye wo mu Ngabo z’u Burundi, gihitana abantu babiri barimo umugore we.

Ibyo bitero byinshi byakunze gushinjwa umutwe wa RED Tabara.

TAGGED:BujumburaBurundifeaturedGrenade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igitaramo Cyateguriwe Ingabo Z’u Rwanda
Next Article U Rwanda Na Zimbabwe Basinye Amasezerano Yo Guhanahana Abarimu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?