Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 16 Bakomerekejwe Na Grenade i Bujumbura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu 16 Bakomerekejwe Na Grenade i Bujumbura

admin
Last updated: 23 December 2021 10:57 am
admin
Share
SHARE

Abantu 16 bakomerekejwe na grenade yaturitse kuri uyu wa 22 Ukuboza, ubwo abantu barebaga filime mu gace ka Bwiza muri Komini Mukaza, mu mujyi wa Bujumbura.

Ni igisasu cyaturitse mu ijoro ahagana 20h30′ gikomeretsa abantu benshi barimo n’uwari ugifite nk’uko ikinyamakuru Iwacu cyabitangaje.

Ni ahantu hahurira urubyiruko rwinshi cyane rukunda kureba filime zisobanuye mu Kinyarwanda, zizwi nk’Agasobanuye.

Amakuru avuga ko uwo muntu nyuma yo guturitsa grenade yahavuye nk’ugiye gutega imodoka, ariko bamurebye neza babona apfutse ku kuguru mu buryo buteye amakenga, bahita bamufata bamusubiza aho igisasu cyari giturikiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bamwe mu bakomeretse bahise bamumenya, bituma bakeka ko ari we ubiri inyuma. Amakuru yemeza ko yahise atabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu iperereza.

Hashize iminsi mu Burundi havugwa ibitero bya grenade, aho nko muri Nzeri hari igitero cyagabwe mu rugo rwa Colonel Aaron Ndayishimiye wo mu Ngabo z’u Burundi, gihitana abantu babiri barimo umugore we.

Ibyo bitero byinshi byakunze gushinjwa umutwe wa RED Tabara.

TAGGED:BujumburaBurundifeaturedGrenade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igitaramo Cyateguriwe Ingabo Z’u Rwanda
Next Article U Rwanda Na Zimbabwe Basinye Amasezerano Yo Guhanahana Abarimu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?