Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 735 Bahoze Barwanya Leta Y’u Rwanda Biyemeje Kuyifasha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu 735 Bahoze Barwanya Leta Y’u Rwanda Biyemeje Kuyifasha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2022 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kigo cya Mutobo kiri mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo guha impamyabumenyi y’amahugurwa yahawe abantu 735 bahoze ari abarwanyi mu mitwe irwanya Leta. Biyemeje guhindura ibitekerezo, biyemeza gufatanya n’abandi baturage kubaka u Rwanda bakurikiza amategeko arugenga.

Umwe mu bagejeje ziriya mpamyabumenyi kuri bariya barwanyi ni Major General Eric Murokore.

I Mutobo bahigiye byinshi birimo imyuga n’ubundi bukorikori.

Impamvu yo kubigisha buriya bumenyi ni ukugira ngo nibasubira mu mirenge bazakoreshe ubumenyi bahawe mu kwibeshaho bahanga imirimo ishingiye ku bumenyi bakuye i Mutobo.

Abahawe ziriya mpamyabumenyi bagize icyiciro cya 67 kuva ariya masomo yatangira.

Bari ari abarwanyi mu mitwe yitwaje intwaro ndetse n’abasivili bakoranaga na bo.

Bahoze baba mu mashyamba yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.

Igikorwa cyo gutanga ziriya mpamyabumenyi kitabiriwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi na Perezida wa Komisiyo y’igihugu yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare n’abahoze ari abarwanyi witwa Valérie Nyirahabineza.

Muri iki kigo bahigiye amasomo ajyanye n'uburere mboneragihugu n'imyuga itandukanye yo kubateza imbere.

Abahuguwe bavuga ko bashimishijwe n'uburyo igihugu cyabakiriye neza bakaba batahanye umugambi wo gufatanya n'abandi kubaka igihugu. #RBAAmakuru
📸@FaustinNkuru pic.twitter.com/MH6TT6niWV

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) May 24, 2022

 

TAGGED:AbaturageMurokoreMusanzeMutobo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Nayo Igomba Gucuruzanya N’Amahanga-Perezida Kagame
Next Article Kigali ARENA Yahinduriwe Izina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?