Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 735 Bahoze Barwanya Leta Y’u Rwanda Biyemeje Kuyifasha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu 735 Bahoze Barwanya Leta Y’u Rwanda Biyemeje Kuyifasha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2022 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kigo cya Mutobo kiri mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo guha impamyabumenyi y’amahugurwa yahawe abantu 735 bahoze ari abarwanyi mu mitwe irwanya Leta. Biyemeje guhindura ibitekerezo, biyemeza gufatanya n’abandi baturage kubaka u Rwanda bakurikiza amategeko arugenga.

Umwe mu bagejeje ziriya mpamyabumenyi kuri bariya barwanyi ni Major General Eric Murokore.

I Mutobo bahigiye byinshi birimo imyuga n’ubundi bukorikori.

Impamvu yo kubigisha buriya bumenyi ni ukugira ngo nibasubira mu mirenge bazakoreshe ubumenyi bahawe mu kwibeshaho bahanga imirimo ishingiye ku bumenyi bakuye i Mutobo.

Abahawe ziriya mpamyabumenyi bagize icyiciro cya 67 kuva ariya masomo yatangira.

Bari ari abarwanyi mu mitwe yitwaje intwaro ndetse n’abasivili bakoranaga na bo.

Bahoze baba mu mashyamba yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.

Igikorwa cyo gutanga ziriya mpamyabumenyi kitabiriwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi na Perezida wa Komisiyo y’igihugu yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare n’abahoze ari abarwanyi witwa Valérie Nyirahabineza.

Muri iki kigo bahigiye amasomo ajyanye n'uburere mboneragihugu n'imyuga itandukanye yo kubateza imbere.

Abahuguwe bavuga ko bashimishijwe n'uburyo igihugu cyabakiriye neza bakaba batahanye umugambi wo gufatanya n'abandi kubaka igihugu. #RBAAmakuru
📸@FaustinNkuru pic.twitter.com/MH6TT6niWV

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) May 24, 2022

 

TAGGED:AbaturageMurokoreMusanzeMutobo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Nayo Igomba Gucuruzanya N’Amahanga-Perezida Kagame
Next Article Kigali ARENA Yahinduriwe Izina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?