Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Bagomba Kwibaza Ikizakurikiraho Nyuma Y’Uko DRC Ihunga Ibiganiro- Mukuralinda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu Bagomba Kwibaza Ikizakurikiraho Nyuma Y’Uko DRC Ihunga Ibiganiro- Mukuralinda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2023 10:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangarije ko atitaba ibiganiro byari bumuhurize i Doha muri Qatar na mugenzi we Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibyo DRC iri gukora bikwiye gutuma amahanga yibaza icyo ishaka nyuma yo kwanga ibiganiro.

Mukuralinda yabwiye Taarifa ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yanze kwitabira ibiganiro byari buyihuze n’u Rwanda, ari iturufu ubutegetsi bw’i Kinshasa bwafashe.

Mukaralinda ati: “…Wenda ibi biganiro byari bube ubundi buryo bwiza bwo kugera ku mahoro arambye.”

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko kuba ubutegetsi bwa DRC ari bwo burega u Rwanda ko ari umwanzi wabwo wa mbere, uwa kabiri akaba M23 ariko bwahamagarwa ngo buganire n’urwo ruhande, bukabura ari ikintu amahanga yose akwiriye kwibaza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko buri gihe DRC yihunza ibiganiro  byo kuganirirwamo ibisubizo ku birego irega u Rwanda.

Ku ngingo yo kumenya niba intambara yeruye ishoboka hagati y’u Rwanda na DRC, Alain Mukuralinda yirinze kwerura ariko asa n’ukomoza ku ngingo y’uko nayo ishoboka.

Yagize ati: “ Niba udashaka kuganira n’abo uvuga ko mufitanye ikibazo, ubwo urashaka kuganira nande? Ubwo haba hari ibintu bibiri: gushaka ko umutekano muke ukomeza, cyangwa intambara yeruye…”

Abajijwe niba inzira y’ububanyi n’amahanga( diplomatie) yararangije kugera ku ndunduro k’uburyo igikurikiyeho ari intambara, Mukuralinda yavuze ko atari ko bimeze.

Yemeza ko ibiganiro bigishoboka kandi ko bizakomeza muri ubwo buryo ahubwo ko ikibazo ari DRC idashaka kubyitabira.

- Advertisement -

Tshisekedi Yasuzuguye Qatar Yashakaga Kumuhuza Na Kagame

TAGGED:DohafeaturedInamaKagameQatarTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yasuzuguye Qatar Yashakaga Kumuhuza Na Kagame
Next Article Polisi Y’u Rwanda Mu Mubano N’Iya Botswana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?