Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Basaga 60 Bafashwe Batashye Ubukwe i Gatsibo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19Mu Rwanda

Abantu Basaga 60 Bafashwe Batashye Ubukwe i Gatsibo

taarifa@media
Last updated: 27 February 2021 8:56 pm
taarifa@media
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwatangaje ko bwataye muri yombi abantu basaga 60, bari batashye ubukwe, mu gihe bibujijwe muri ibi bihe by’icyorezo cya COVID-19.

Ubuyobozi bw’ako karere ko mu Ntara y’Iburasirazuba, bwatangaje ko bafashwe bigizwemo uruhare n’inzego z’ibanze n’iz’umutekano, zishinzwe kubahiriza ishyirwa mu bikorwa rry’amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Ni igikorwa bakoze mu gihe inama y’abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yakomoreye ishyingirwa rikorewe imbere y’ubuyobozi no mu rusengero, ariko bikitabirwa n’abantu batarenze 20. Iyo nama yasobanuye neza ko ibikorwa byo kwiyakira bibujijwe.

Akarere ka Gatsibo katangaje binyuze kuri Twitter kati “Mu rugo rwa Kayijuka François utuye mu kagari ka Rwimitereri mu murenge wa Murambi hafatiwe abantu basaga 60 bari mu bukwe hirengagijwe amabwiriza yo kwirinda Covid-19, bakaba bagejejwe kuri Station ya Polisi Murambi kugirango bigishwe.”

Inama y’abaminisitiri iheruka yanakomoreye insengero bizagaragara zo zujuje ibisabwa, ariko zikakira abantu batarenze 30% ugereranyije n’ubushobozi bw’abo zishobora kwakira.

Kubufatanye bw'Inzego z'Ibanze n'iz'umutekano, murugo rwa Kayijuka Francois utuye mu kagari ka Rwimitereri mu murenge wa Murambi hafatiwe abantu basaga 60 bari mu bukwe hirengagijwe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 bakaba bagejejwe kuri Station ya Polisi Murambi kugirango bigishwe pic.twitter.com/IkV5JrlAcS

— Gatsibo District (@GatsiboDistrict) February 27, 2021
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Zlatan Ibrahimović Na LeBron James
Next Article Perezida Kagame Yasoje Manda Nk’Umuyobozi Wa EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?