Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Basaga 60 Bafashwe Batashye Ubukwe i Gatsibo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19Mu Rwanda

Abantu Basaga 60 Bafashwe Batashye Ubukwe i Gatsibo

taarifa@media
Last updated: 27 February 2021 8:56 pm
taarifa@media
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwatangaje ko bwataye muri yombi abantu basaga 60, bari batashye ubukwe, mu gihe bibujijwe muri ibi bihe by’icyorezo cya COVID-19.

Ubuyobozi bw’ako karere ko mu Ntara y’Iburasirazuba, bwatangaje ko bafashwe bigizwemo uruhare n’inzego z’ibanze n’iz’umutekano, zishinzwe kubahiriza ishyirwa mu bikorwa rry’amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Ni igikorwa bakoze mu gihe inama y’abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yakomoreye ishyingirwa rikorewe imbere y’ubuyobozi no mu rusengero, ariko bikitabirwa n’abantu batarenze 20. Iyo nama yasobanuye neza ko ibikorwa byo kwiyakira bibujijwe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Akarere ka Gatsibo katangaje binyuze kuri Twitter kati “Mu rugo rwa Kayijuka François utuye mu kagari ka Rwimitereri mu murenge wa Murambi hafatiwe abantu basaga 60 bari mu bukwe hirengagijwe amabwiriza yo kwirinda Covid-19, bakaba bagejejwe kuri Station ya Polisi Murambi kugirango bigishwe.”

Inama y’abaminisitiri iheruka yanakomoreye insengero bizagaragara zo zujuje ibisabwa, ariko zikakira abantu batarenze 30% ugereranyije n’ubushobozi bw’abo zishobora kwakira.

Kubufatanye bw'Inzego z'Ibanze n'iz'umutekano, murugo rwa Kayijuka Francois utuye mu kagari ka Rwimitereri mu murenge wa Murambi hafatiwe abantu basaga 60 bari mu bukwe hirengagijwe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 bakaba bagejejwe kuri Station ya Polisi Murambi kugirango bigishwe pic.twitter.com/IkV5JrlAcS

— Gatsibo District (@GatsiboDistrict) February 27, 2021
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Zlatan Ibrahimović Na LeBron James
Next Article Perezida Kagame Yasoje Manda Nk’Umuyobozi Wa EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?