Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Batandatu Batawe Muri Yombi Bazira Kunyereza Ibikoresho Byo Kubaka Amashuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Abantu Batandatu Batawe Muri Yombi Bazira Kunyereza Ibikoresho Byo Kubaka Amashuri

admin
Last updated: 04 July 2021 9:12 am
admin
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batandatu bo mu Karere ka Kamonyi, barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamiyaga, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mukinga na rwiyemezamirimo.

Yatangaje ko hamwe n’abandi bantu bane, “bakurikiranweho kunyereza umutungo muri gahunda ya Leta yo kongera ibyumba by’amashuri mu Murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi.”

Mu bafunzwe kandi harimo Umubaruramari w’Umurenge wa Nyamiyaga, umwarimu mu kigo cy’amashuri cya GS Ngoma n’Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri cya GS Mukinga.

Ubu bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Gacurabwenge na Rukoma, mu gihe hategurwa dosiye kugirango ishyikirizwe Ubushinzacyaha.

Mu mwaka ushize Leta yatangije umushinga wo kubaka ibyumba ibyumba 22,505 by’amashuri mu gihugu hose hagamijwe kugabanya ubucucike mu mashuri n’ingendo ku bana bigaga kure. Mu Karere ka Kamonyi ho hagombaga kubakwa ibyumba by’amashuri 657.

MInisiteri y’Imari n’Igenamigambi iheruka gutangaza ko kubaka ibyumba by’amashuri 11,501 imirimo igeze ku gipimo cya 94.13% naho kubaka ubwiherero 17,252 imirimo igeze kuri 87.57%.

Imirimo yo kubaka ibyumba by’amashuri bigeretse rimwe igeze ku gipimo cya 72.72%.

 

TAGGED:AmashurifeaturedKamonyiRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika: Abantu 121 Bamaze Iminsi 10 Munsi y’Inzu Yabagwiriye
Next Article Ni Umwanya Kuri Buri Wese Wo Gutekereza Uruhare Rwe – Ubutumwa Bwa FPR Ku Munsi Wo Kwibohora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?