Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Batandatu Batawe Muri Yombi Bazira Kunyereza Ibikoresho Byo Kubaka Amashuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Abantu Batandatu Batawe Muri Yombi Bazira Kunyereza Ibikoresho Byo Kubaka Amashuri

admin
Last updated: 04 July 2021 9:12 am
admin
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batandatu bo mu Karere ka Kamonyi, barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamiyaga, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mukinga na rwiyemezamirimo.

Yatangaje ko hamwe n’abandi bantu bane, “bakurikiranweho kunyereza umutungo muri gahunda ya Leta yo kongera ibyumba by’amashuri mu Murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi.”

Mu bafunzwe kandi harimo Umubaruramari w’Umurenge wa Nyamiyaga, umwarimu mu kigo cy’amashuri cya GS Ngoma n’Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri cya GS Mukinga.

Ubu bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Gacurabwenge na Rukoma, mu gihe hategurwa dosiye kugirango ishyikirizwe Ubushinzacyaha.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu mwaka ushize Leta yatangije umushinga wo kubaka ibyumba ibyumba 22,505 by’amashuri mu gihugu hose hagamijwe kugabanya ubucucike mu mashuri n’ingendo ku bana bigaga kure. Mu Karere ka Kamonyi ho hagombaga kubakwa ibyumba by’amashuri 657.

MInisiteri y’Imari n’Igenamigambi iheruka gutangaza ko kubaka ibyumba by’amashuri 11,501 imirimo igeze ku gipimo cya 94.13% naho kubaka ubwiherero 17,252 imirimo igeze kuri 87.57%.

Imirimo yo kubaka ibyumba by’amashuri bigeretse rimwe igeze ku gipimo cya 72.72%.

 

TAGGED:AmashurifeaturedKamonyiRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika: Abantu 121 Bamaze Iminsi 10 Munsi y’Inzu Yabagwiriye
Next Article Ni Umwanya Kuri Buri Wese Wo Gutekereza Uruhare Rwe – Ubutumwa Bwa FPR Ku Munsi Wo Kwibohora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?