Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Batandatu B’i Kayonza Bapfiriye Mu Kirombe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu Batandatu B’i Kayonza Bapfiriye Mu Kirombe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2023 8:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza haraye inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe barapfa.

Mu Mudugudu wa Rwinkwavu mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu niho byaraye bibereye.

Ubuyobozi bw’aho byabereye buvuga ko byabaye kuri uyu wa Gatanu ahagana  Saa 17:00, abakozi barangije akazi.

Ngo bari basohotse batashye ikirombe kirabaridukana batandatu bahita bahasiga ubuzima.

Nyuma y’uko ibyo bibaye, bakuyemo abantu batatu, ariko abandi baracyashakishwa ngo baboneke bajye gushyingurwa.

Birakekwa ko imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda no muri Kayonza by’umwihariko, ari yo yatumye ubutaka bworoha bukaza kuriduka ubwo abakozi basohokaga ngo batahe.

Abacukura amabuye y’agaciro basabwa kwitwararika mu bihe nk’ibyo kuko ubutaka bwagiyemo imvura nyinshi buriduka mu buryo bworoshye.

TAGGED:AbaturagefeaturedIkirombeImvura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Cabo Delgado: Bamwe Mu Byihebe Batangiye Gushyikirizwa Ubutabera
Next Article U Rwanda Rwabonye Imashini Zita Ku Bana Bavutse Imburagihe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?