Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyafurika Bazanira u Rwanda Amabuye Ngo Ruyabatunganyirize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyafurika Bazanira u Rwanda Amabuye Ngo Ruyabatunganyirize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2024 7:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa na Dr. Yvan Twagirishema akaba Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, Petelori na Gaz.

Avuga ko kugira ngo u Rwanda rwinjize miliyari $1.1 mu mwaka umwe avuye mu musaruro w’amabuye y’agaciro byatewe n’imbaraga rwashyize mu kongera inganda ziyatunganya ndetse n’abarugana ngo rubatunganyirize amabuye rufitiye inganda zabigenewe.

Yabwiye RBA ati: “  u Rwanda rwashyizeho icyo nakwita umurongo ngenderwaho kugira ngo tureke gukomeza kohereza ibintu hanze bitabanje kongererwa ubwiza n’umusaruro. Ni ibyo twita value addition: kubanza kunyuza ikintu mu ruganda kugira ngo mu kukinyuzamo bikizamurire agaciro gisohoke kishyurwa imisoro ifatika.”

Avuga ko u Rwanda rwohereje umusaruro muke mu buremere ariko ukaba umusaruro ufite agaciro kanini mu madolari($).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Dr.Twagirashema avuga ko u Rwanda rufite uruganda ruyungurura zahabu, urutunganya gasegereti ikavamo icyo bita ‘Tin’ hanyuma rukagira uruganda rufata Coltan rukayivanamo Tantalum na Niobium.

Dr. Yvan Twagirishema: [email protected]

Ibyo byose ngo byoherezwa hanze y’u Rwanda byatunganyijwe biri ku kigero kiri hajuru ya 95%.

U Rwanda kandi ibyo rukora rubigurisha ku bafite inganda zifata ibyo rwatunganyije rukabibyaza ikindi kintu kizacuruzwa.

Urugero ni uruganda rwo mu Bushinwa rushobora kugura Lithium rukayikoramo bateri za telefoni cyangwa iz’imodoka zikoresha amashanyarazi.

Amabuye y’u Rwanda agurishwa cyane cyane mu Bubiligi no mu Bushinwa.

- Advertisement -

Iki gihugu cyorezwamo cyane cyane Lithium na Wolfram.

Ahandi rwohereza amabuye rucukura ni muri Hong Kong, Luxembourg, Malaysia, Ubuholandi, Singapore, zahabu nyinshi ikajya muri Dubai, andi mabuye akajya muri Amerika.

Ikindi u Rwanda rukuramo amafaranga binyuze mu by’amabuye y’agaciro ni uko hari Abanyafurika barugana ngo rubatunganyirize amabuye kuko rufite inganda zo gutunganya amwe n’amwe.

Abo bose barasora hakagira amafaranga ajya mu kigega cya Leta.

Intego yarwo ni ukongera umubare w’amabuye rucukura kandi rukubaka n’inganda ziyatunganya.

Bwa Mbere Amabuye Y’Agaciro Yinjirije u Rwanda Miliyari $1.1

TAGGED:AfurikaAgaciroAmabuyefeaturedZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yasuye Polisi Ya Dubai
Next Article Gakenke: Abantu Bane Bari Bagiye Gusenga Bishwe N’Inkuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?