Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 October 2025 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mijyi myinshi ya Amerika hari kubera imyigaragambyo ikomeye yamagana Politiki za Perezida Donald Trump bakaba barayise “No Kings”.

Imijyi irimo iyo myigaragambyo ni New York, Washington DC, Chicago, Miami na Los Angeles.

I New York bari kwigaragambiriza ahitwa Times Square no mu yindi mijyi, aho bari kuvugira ko ubutegetsi bwa Amerika atari ubwami.

Baragira bati: “Demukarasi si ubwami kandi Itegeko Nshinga ntirigibwaho impaka.”

Ku rundi ruhande, abatayishyigikiye bavuga ko abayikora bashyigikiye guhungabanya imibereho myiza y’Abanyamerika binyuze mucyo bise Antifada.

Itsinda ry’ingabo za Amerika bita National Guard ryoherejwe muri biriya bice, gusa abari kuyikora bo bavuga ko ari iy’amahoro.

BBC ivuga ko abantu Miliyoni zirindwi ari bo bitabariye iyo myigaragambyo hose muri Amerika.

Bavuga ko Perezida wabo akabya, agakoresha ubushobozi ahabwa n’amategeko mu kurenga ku biteganywa n’amategeko agenga za Leta zigize Amerika.

Ku rundi ruhande, Perezida Trump we avuga ko ibyo akora abikora mu rwego rwo kurinda igihugu mu bihe bidasanzwe, akemeza ko atitwara cyami.

TAGGED:AmerikafeaturedImyigaragambyoTrumpUbutaberaUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame
Next Article Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?