Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda 130 Nibo Bahitanywe N’Ibiza, Batanu Baburiwe Irengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda 130 Nibo Bahitanywe N’Ibiza, Batanu Baburiwe Irengero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare mishya yatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ibiza byibasiye ibice bitandukanye by\u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri byahitanye abantu 130. Hari abandi batanu baburiwe irengero mu gihe abandi 36 bari mu bitaro.

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda witwa Alain Mukuralinda avuga ko abenshi mu bapfuye ari abo mu Turere twa Ngororero, Rutsiro, Rubavu, Nyabihu na Karongi.

Avuga ko abantu 77 bakomeretse ariko muri bo abagera kuri 36 bakaba bari mu bitaro.

Imibare itangwa na Guverinoma y’u Rwanda kandi ivuga ko hari inzu 5,174 zasenyutse.

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko abantu 36 bari mu bitaro bagomba kuvurirwa ubuntu.

Inzu nyinshi zasenyutse ni izo muri Rubavu kuko zigera ku 3,300.

Hagati aho kandi hari izindi nzu zirenga 2000 zishobora gusenyuka kubera ko zamaze gusoma amazi kandi zikaba ziri ahantu hateje akaga.

Mukuralinda yavuze ko abantu bose bari basanzwe batuye mu nzu zugarijwe no gusenyuka bagomba kuzivamo byanze bikunze.

Avuga ko Guverinoma ubu ngubu ifite imibare yose y’uko ibyangiritse bingana.

Guverinoma yashyinguye abazize ibi biza…

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente hamwe n’abayobozi mu madini atandukanye basengeye abantu 130 baherutse guhitanwa n’ibiza kandi yifatanya n’ababo kubashyingura.

Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yifatanyije mu gusengera abazize ibiza

Ni igikorwa cyabereye mu Karere ka Rubavu, kamwe mu turere twapfushije abaturage benshi muri ibi biza kandi n’ibikorwaremezo bikangirika cyane ugeranyije n’ahandi.

 

TAGGED:AbantufeaturedGushyinguraGuverinomaIbizaImiramboUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banki Z’Amerika Ziri Gutakarizwa Icyizere
Next Article Perezida Wa Ukraine Yagiye Kurega Putin
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?