Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2025 2:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi bisi yaguyemo Abanyarwanda babiri.
SHARE

Bisi nini Trinity Express yavaga i Kigali ijya Kampala yakoreye impanuka ahitwa Rukiga ku gice kirebana na Gicumbi, Burera na Musanze, igwamo abantu barimo Abanyarwanda babiri.

Umwe muri bo niwe Taarifa Rwanda yamenye amazina ye akaba ari Alfred Habineza w’imyaka 30 n’undi witwa Gadaffi.

Umunya Uganda twamenye ko yayiguyemo ni Lubwana John Herbert w’imyaka 26.

Iyi bisi isanzwe ibaruye mu Rwanda yakoreye impanuka ahitwa Rukiga mu Karere ka Bukinda, ahitwa Kakatunda mu muhanda mugari ugana Kabale- Mbarara.

Amakuru yatanzwe n’ababibonye, avuga ko shoferi yananiwe kuyigarura ubwo yakataga amakoni yo muri ako gace birangira imodoka ibirindutse mu kabande.

Ni bisi ifite puraki ya RAT 597K, ikaba yakomerekeyemo abantu bane bajyanywe mu bitaro bya Kabale Regional Referral Hospital ngo bitabweho n’abaganga.

Imirambo y’abapfuye yajyanywe kwa muganga ngo ikorerwe isuzumwa mbere yo koherezwa mu miryango ngo ishyingurwe.

TAGGED:BisifeaturedKampalaKigaliPolisiUgandaUmuvuduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Baburaniye Mu Ruhame Baregwa Urumogi Na Kanyanga
Next Article Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Baburaniye Mu Ruhame Baregwa Urumogi Na Kanyanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?