Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwandakazi Bamuritse Imideli Mu Birori Byaririmbyemo Jennifer Lopez
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImideliImyidagaduro

Abanyarwandakazi Bamuritse Imideli Mu Birori Byaririmbyemo Jennifer Lopez

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2024 1:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Christine Munezero umwe mu Banyarwandakazi bamuritse imideli muri biriya birori
SHARE

Mushikiwabo Denyse, Christine Munezero na Ornella Umutoni ni abanyamideli bo mu Rwanda baherutse kumurikira imideli mu birori byabereye mu Murwa mukuru w’ubwami bwa Arabie Saoudite, bikaririmbwamo abahanzi bakomeye nka Jennifer Lopez na Céline Dion.

Ornella Umutoni niwe Munyarwandakazi wabimburiye abandi ku rubyiniro, ubwo yatambukaga iruhande rwa Jennifer Lopez, atambuka imbere y’abandi bari baje kubyizihiza.

Nyuma ye Christine Munezero niwe watambutse mu mwanya wari wagenewe akaruhuko ku bahanzi nyuma y’uko umuhanzi witwa  Camila Cabello yari amaze gususurutsa abari aho.

Byari ibirori byo kwizihiza imyaka 45 inzu y’imideli ya Elie Saab ishinzwe.

Abanyamideli bamuritse imideli bose hamwe bari abantu 300.

Ni igitaramo cya mbere Jennifer Lopez agaragayemo nyuma yo gutandukana n’uwari umugabo we, Ben Affleck muri Kanama 2024.

Elie Saab ni umunyamideli watangiye aka kazi mu myaka ya 1980

Bakise  “1001 Seasons of Elie Saab”.

Elie Saab ni Umunya Lebanon wamamaye cyane mu guhanga imideli iri muri mike ikunzwe kurusha indi ku isi.

Yashinze amaduka akomeye ari mu Butaliyani ahitwa Milan n’andi ari mu Bufaransa mu Murwa mukuru Paris.

TAGGED:AbanyarwandakaziArabiaImideliSaoudie
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Aravugwaho Kwica Se Akajya Kwirega Kuri Polisi
Next Article Amabwiriza Ya Casque Y’Ubuziranenge Yagarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?