Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Batatu Barohamye Mu Kiyaga Cya Burera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyeshuri Batatu Barohamye Mu Kiyaga Cya Burera

admin
Last updated: 29 November 2021 7:42 am
admin
Share
SHARE

Abanyeshuri batatu bigaga imyuga ku kigo cya CEPEM (Centre pour la Promotion de l’Education et des Metiers) mu Karere ka Burera bitabye Imana barohamye mu kiyaga cya Burera, ubwo bajyaga kogamo kuri iki Cyumweru.

Amakuru agera kuri Taarifa yemeza ko ahagana saa sita abanyeshuri benshi bagiye ku kibuga cy’umupira giherereye mu Murenge wa Kinoni mu Karere ka Burera mu mikino ihuza amashuri, maze mu masaha ya saa kumi n’igice abanyeshuri bagera muri 30 baramanuka bajya koga mu kiyaga cya Burera.

Abana batanu bagiye mu mazi, batatu barimo umuhungu umwe n’abakobwa babiri baheramo, bitaba Imana. Abapfuye ni umuhungu w’imyaka 18, umukobwa umwe ufite 21 n’undi ufite 19.

Imirambo yarohowe mu mazi ijyanwa ku Bitaro bya Ruhengeri ngo ikorerwe isuzuma, mu gihe Urwego rw’Ubugenzacyaha rwatangiye kubikoraho iperereza.

Abayobozi babiri bajyanye n’abanyeshuri barimo umuyobozi w’ikigo n’ushinzwe imikino n’imyidagaduro (animateri), bahise batabwa muri yombi, mu gihe umwe mu barimu bajyanye yahise aburirwa irengero.

TAGGED:BurerafeaturedIkiyaga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagenzi Baturuka Mu Bihugu Icyenda Bategetswe Kujya Mu Kato k’Iminsi 7
Next Article Angeline Ndayishimiye Yashimye Ibikorwa Bya Jeannette Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?