Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Ibihumbi 23 Biga Imyuga n’Ubumenyingiro Batangiye Ibizamini
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyeshuri Ibihumbi 23 Biga Imyuga n’Ubumenyingiro Batangiye Ibizamini

admin
Last updated: 15 July 2021 6:19 pm
admin
Share
SHARE

Abanyeshuri 23.395 biga mu mashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro mu gihugu hose batangiye ibizaminingiro, guhera uyu munsi ku wa 14 Kamena 2021 kugeza ku wa 3 Nyakanga 2021.

Abo banyeshuri batangiye ibizamini ngiro barimo abakandida bigenga 1935.

Ibizamini ku rwego rw’Igihugu byatangirijwe ku Ishuri ry’Imyuga rya Gatenga mu Karere ka Kicukiro n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ikoranabuhanga, Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Claudette Irere.

Yabwiye abanyeshuri ko bagomba gukora ibizamini neza bakabitsinda, kuko arirwo rufunguzo ruzatuma bagaragaza ibyo bashoboye ku isoko ry’umurimo, bityo bakanabasha kugira uruhare mu iterambere ry’Igihugu.

Yanditse kuri Twitter ati “Amahirwe masa ku banyeshuri bacu bose biga imyuga n’ubumenyingiro batangiye ibizamini ngiro (practical exams) uyu munsi!”

Mu batangiye ibizamini abahungu ni 12.568 (57.8%) mu gihe abakobwa ari 10.827 (42.2 %).

Abo banyeshuri bose hamwe bava ku bigo by’amashuri 210, barimo gukorera ibizamini kuri site 149, bakazakora ibizamini 34.

Abiga ubwubatsi barimo gushyira mu ngiro ibyo bize

 

TAGGED:featuredIbizamini
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ab’i Rubavu Bongeye Kwibutswa Uko Bakwirinda ‘Ibyaha’
Next Article Tanzania Iri Ku Gitutu Cy’Ibigo By’Imari Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?