Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 September 2025 3:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Komiseri Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, RCS, CG Evariste Murenzi n’itsinda yari ayoboye basuye igororero rya Rusizi baburira abarifungiwemo n’abandi bagororwa kutazongera kwinjiza mu igororero ibiyobyabwenge.

Babivuze nyuma y’uko hari imvururu zabereye mu ya Muhanga abagororwa bakurana amenyo nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru.

Icyo gihe ariko ntacyo RCA yabivuzeho.

Komiseri Mukuru wa RCS yagiriye Inama abagororwa bo mu Igororero rya Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba yo kutica amategeko binyuze no mu kwinjiza ibitemewe mu Igororero.

Hejuru y’urumogi rwafatiwe mu igororero rya Muhanga, murya Rusizi hagaragaye telefoni n’ibikoresho bijyana na yo, ibikoresho by’amashanyarazi, amafaranga, ifarini n’ibindi byifashishwa mu gukora inzoga n’urumogi.

Murenzi ati: “Abantu bakoresha amayeri yo guhisha ibitemewe, haba mu inkweto, mu myenda , rwose mubyirinde. Abo muza gusura batekane, namwe mutekane, mwese mutekane.”

Ubuyobozi bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora (RCS) bwemeza ko mu mezi umunani ashize- ku bufatanye n’izindi nzego- hamaze gufatwa abantu 75 bagerageza kwinjiza mu magororero ibintu bibujijwe n’amategeko barimo abantu 15 bari basanzwe bafunze mu gihe abandi 60 bajyanywe mu bigo ngororamuco.

CG Evariste Murenzi yabasabye kuzibukira ibiyobyabwenge n’ibindi byica amategeko.

Igororero rya Rusizi rigororerwamo abantu 3, 480.

TAGGED:AbagororwaIgororeroMuhangaMurenziRusiziUrumogi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article General Kabandana Yatabarutse
Next Article Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?