Akarere ka Burera kamaze kumenyekana kuri byinshi byiza. Ibibi bihavugwa nabyo birahari. Ibyo birimo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge nka kanyanga n’urumogi. Nk’ubu, Polisi iherutse kuhafatita ibilo 16 by’urumogi...
Isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15, Gicurasi 2023 ribera mu cyumba cy’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ryanzuye ko Turahirwa Moses...
Arnold Mazimpaka uzwi ku izina rya Sintex afunganywe n’abandi bantu batatu barimo umukinnyi wa Gorilla FC witwa Mukunzi Vivens bazira gukoresha ibiyobyabwenge. Undi ufunzwe ni umuhanzi...
Uyu Munyarwanda umaze iminsi ari mu bavugwaho cyane mu itangazamakuru yitabye ubugenzacyaha ngo asobanure iby’inyandiko aherutse gusohora ivuga ko yabaye umugore kandi ko iyo nyandiko yayihawe...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatanywe ibilo 60 by’urumogi. Byafatiwe mu mifuka itatu n’igice, bifatirwa mu Murenge Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe...