Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanzi Ba Tshisekedi Muri Politiki Bihuje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Abanzi Ba Tshisekedi Muri Politiki Bihuje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 November 2024 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida wa DRC Felix Tshisekedi
SHARE

Abo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe batari babanye neza, bahisemo kwihuza ngo babangamire gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko Nshinga.

Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2024, hari amakuru yavugaga ko  ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo riri gushaka uko ryahindura Itegeko Nshinga.

Impamvu yavugwaga yari iy’uko ubuyobozi bw’iki gihugu bwashakaga ko Felix Tshisekedi aba ari we uguma ku butegetsi kugira ngo azahangane kandi ahangamure imitwe imaze igihe yarayogoje Uburengerazuba bw’igihugu cye.

Nyuma y’uko bitangajwe ko uwo mugambi uhari, hari abo muri Sosiyete sivile bahise babyamagana, bavuga ko bitazabuza n’ubundi ko abaturage babaho nabi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abanyamadini bagizwe ahanini na Kiliziya Gatulika nabo bavuze ko bidakwiye ko Itegeko Nshinga rihindurwa kuko, kuri bo, nta kintu kinini byahindura, ahubwo bizazamura umwuka mubi mu baturage.

Abanyapolitiki bakomeye nabo bahagurutse barihuza kugira ngo bamagane icyo gikorwa.

Nubwo muri rusange abo bagabo bari basanzwe badacana uwaka, basanze ari ngombwa guhuriza hamwe imbaraga bagahangana na Felix Tshisekedi bagakoma imbere uwo mugambi we.

Jeune Afrique yanditse ko barebye basanga kwihuriza kuri uwo mugambi byaba ari byiza kandi byabatiza umurindi mu kubangamira ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihe.

TAGGED:featuredItegekoKatumbiNshingaPerezidaSivileSosiyeteTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Umunyamuryango WA GAERG Bamusanze Mu Mugozi Yapfuye
Next Article Rwanda: Ubumenyi Bw’Abaminuje Buracumbagira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?