Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanzi Ba Tshisekedi Muri Politiki Bihuje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Abanzi Ba Tshisekedi Muri Politiki Bihuje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 November 2024 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida wa DRC Felix Tshisekedi
SHARE

Abo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe batari babanye neza, bahisemo kwihuza ngo babangamire gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko Nshinga.

Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2024, hari amakuru yavugaga ko  ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo riri gushaka uko ryahindura Itegeko Nshinga.

Impamvu yavugwaga yari iy’uko ubuyobozi bw’iki gihugu bwashakaga ko Felix Tshisekedi aba ari we uguma ku butegetsi kugira ngo azahangane kandi ahangamure imitwe imaze igihe yarayogoje Uburengerazuba bw’igihugu cye.

Nyuma y’uko bitangajwe ko uwo mugambi uhari, hari abo muri Sosiyete sivile bahise babyamagana, bavuga ko bitazabuza n’ubundi ko abaturage babaho nabi.

Abanyamadini bagizwe ahanini na Kiliziya Gatulika nabo bavuze ko bidakwiye ko Itegeko Nshinga rihindurwa kuko, kuri bo, nta kintu kinini byahindura, ahubwo bizazamura umwuka mubi mu baturage.

Abanyapolitiki bakomeye nabo bahagurutse barihuza kugira ngo bamagane icyo gikorwa.

Nubwo muri rusange abo bagabo bari basanzwe badacana uwaka, basanze ari ngombwa guhuriza hamwe imbaraga bagahangana na Felix Tshisekedi bagakoma imbere uwo mugambi we.

Jeune Afrique yanditse ko barebye basanga kwihuriza kuri uwo mugambi byaba ari byiza kandi byabatiza umurindi mu kubangamira ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihe.

TAGGED:featuredItegekoKatumbiNshingaPerezidaSivileSosiyeteTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Umunyamuryango WA GAERG Bamusanze Mu Mugozi Yapfuye
Next Article Rwanda: Ubumenyi Bw’Abaminuje Buracumbagira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?