Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose....
Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo irashinjwa ko itarageza henshi ibikoresho byo gufasha abaturage kwiyandikisha kuri lisiti y’itora. Sosiyete sivile niyo ibitangaza. Babikoze...
Mu mpera z’iki cyumweru hari inkuru yasohotse muri kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda ivuga ko hadutse ikigo gitanga serivisi zo kurangira umuntu runaka undi ushaka...
Bamwe mu bakora muri Sosiyete Sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bavuga ko mu ijoro ryakeye hari ubwato bwarohamye burimo abantu benshi abagera kuri 30...