Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abapolisi Babyibushye Bategetswe Gusubira Ku IKOSI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abapolisi Babyibushye Bategetswe Gusubira Ku IKOSI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2022 10:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kubafasha kugabanya ibilo no gushobora gukora akazi neza, Perezida wa Tanzania Nyakubahwa Samia Suluhu Hassan yategetse ko abapolisi babyibushye basubizwa mu myitozo.

Suluhu yabivugiye mu muhango wo guha abapolisi bashya uburenganzira bwo gutangira gukora akazi kabo wabereye ahitwa Boma Kichaka Miba muri Tanga.

Yagize ati: “ Ubwo nitegerezaga abapolisi bari kwiyereka, nabonye bamwe muri bo bafite inda ibyibushye kandi ibyo sibyo. Ntabwo tugomba kugira abapolisi bafite inda iteye ityo.”

Umukuru wa Tanzania yahise ategeka ko abapolisi bafite icyo kibazo basubizwa ku ikosi kugira ngo bakore imyitozo izatuma bagira umubiri umeze neza, ubemerera gukora akazi kabo neza.

The Citizen Digital ivuga ko Suluhu atangaje ibi hashize igihe gito yirukanye uwari Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Tanzania ahita amugira Ambasaderi wayo muri Zimbabwe.

Samia Suluhu

Icyakora amakuru avuga ko yamwirukaniye ko yari afite amateka mabi y’ubugizi bwa nabi.

Yitwaga IGP Simon Sirro.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imurikagurisha Ribera i Gikondo Rigiye Gushyirwa Ku Rwego Mpuzamahanga
Next Article Bagiye Muri Mali Bitwa Abatabazi, Bahavuye Bitwa Ibigwari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?