Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Iri Gukora Bombe Irusha Ubukana Iyatewe Hiroshima Inshuro 24
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Iri Gukora Bombe Irusha Ubukana Iyatewe Hiroshima Inshuro 24

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 October 2023 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo z’Amerika yatangaje ko iki gihugu kiri gukora bombe atomique bise B61-13 ifite ubukana bukubye inshuro 24 iyo Amerika yarashe mu Buyapani i Hiroshima mu ntambara ya kabiri y’isi.

Abanyamerika bahize uyu muhigo nyuma y’uko Ubushinwa nabwo butangaje ko bitarenze umwaka wa 2030 buzaba bufite intwaro za kirimbuzi zigera cyangwa zirenga 1000.

Mu gihe Amerika izaba iri gukora iyi bombe, ku rundi ruhande izaba iri gukora n’indege ikomeye cyane bise B.21 ifite agaciro ka miliyoni $692.

Abanyamerika bavuga ko bari gukora iriya bombe mu rwego rwo gukomeza kuza imbere u gisirikare gitinyitse ku isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abahanga bavuga ko gukora bombe nk’iriya biba bigamije kwereka abo muhanganye mu bya gisirikare ko badakwiye kugukinisha na gato.

Kubera ko izi bombe ziba zifite ubushobozi bwo gusenya umubumbe wose w’isi, hari abibaza icyo abazikora bumva bazungukira mu kuzitera!

Bombe Abanyamerika bari gukora izaba ipima kilotoni 360 mu gihe iyatewe muri Hiroshima yari ifite kilotoni 15.

Ni Bombe yahitanye abantu babarirwa mu bihumbi byinshi kandi mu kanya gato, icyo gihe hakaba hari taliki 06, Kanama, 1945.

Bidatinze ni ukuvuga nyuma y’iminsi itatu, indi bombe ifite kiloton 25 yatewe i Nagasaki nayo ihitana ibihumbi by’abantu mu gihe gito cyane.

- Advertisement -

Leta zunze ubumwe z’Amerika zitunze intwaro 3,700 za kirimbuzi, muri zo izigera ku 1,419 zikaba zarateguwe ko zishobora kurekurwa igihe cyose byaba ngombwa.

TAGGED:AmerikaBombeHiroshimaIntwaroNagasaki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Kigali Binubira Zebra Crossing Zasibamye
Next Article Gasabo: Abaturiye Ikimpoteri Cya Nduba Bazatabarwa Nande?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahanga

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?