Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarimu 500 Bo Muri Zimbabwe Bagiye Kuza Kwigisha Abanyarwanda Icyongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abarimu 500 Bo Muri Zimbabwe Bagiye Kuza Kwigisha Abanyarwanda Icyongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2022 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu by’uburezi hagati ya Minisiteri z’uburezi hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, ubuyobozi bwa Zimbabwe bugiye kohereza mu Rwanda abarimu 500 bo kwigisha bagenzi babo Icyongereza cya nyacyo.

Ni abarimu 500 bazaba bagize icyiciro cya mbere cy’abandi bashobora kuzoherezwa nyuma yabo.

Ikigo cy’u Rwanda kita ku burezi, Rwanda Education Board (REB), nicyo cyabitangarije The New Times ducyesha iyi nkuru.

Umuyobozi w’iki kigo witwa Nelson Mbarushimana avuga ko umubare bwa bariya barimu wemerejwe mu Nama nyunguranabitekerezo hagati y’Urwego rw’u Rwanda rw’Iterambere n’urwa Zimbabwe rufite izo nshingano.

Iyi nama iri kubera i Harare muri Zimbabwe.

Ni inama ya kabiri ihuje impande zombi kuko iya mbere yabereye muri Kigali Convention Center mu mwaka wa 2021.

Icyo gihe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abashoramari bo muri Zimbabwe ko u Rwanda rucyeneye abarimu b’Icyongereza ba nyabo.

Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rucyeneye abarimu b’Icyongereza cya nyacyo

Mu Cyongereza babita ‘Quality Teachers’.

Bidateye kabiri ni ukuvuga nyuma y’amezi abiri, hahise hasinywa amasezerano y’imikoranire hagati y’inzego z’uburezi mu bihugu byombi akaba yari agamije gushyiraho uburyo bunoze byazakorwa.

REB ivuga ko bitarenze muri Nzeri, 2022 abarimu 477 bazaba bamaze kugera mu Rwanda batangiye kwigisha Icyongereza nyuma hakazaza n’abandi.

Abarimu bazava muri Zimbabwe bazigisha muri mashuri yigisha imyuga n’ubumenyi ngiro n’andi mashuri makuru na za Kaminuza.

Ku wa Mbere taliki 28, Werurwe, 2022 Perezida Emmerson Dambudzo Mnangagwa yitabiriye itangizwa ry’iriya Nama.

TAGGED:AbarimufeaturedMnangagwaRwandaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dubai: U Rwanda Rwahawe Igihembo Cya Zahabu
Next Article Mu Rwanda Hafunguwe Ikigo Cya Mbere Muri Afurika Mu Ikoranabuhanga Ry’Ikiragano Cya Kane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?