Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abashoramari Bo Muri Israel Barashaka Kurushaho Gushora Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Abashoramari Bo Muri Israel Barashaka Kurushaho Gushora Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2025 4:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashoramari bo muri Israel bakorera mu Rwanda baganiriye n’ubuyobozi bwa RDB uko barushaho kurushoramo.

Hari mu kiganiro bagiranye ngo barebe ahandi abo banyemari bashora harimo mu ikoranabuhanga mu itumanaho, ubukerarugendo, ubuhinzi no mu ngufu zisubira.

Uruhande rwa RDB muri ibyo biganiro rwari ruyobowe n’Umuyobozi wayo witwa Jean Guy Africa n’aho itsinda rya ba rwiyemezamirimo bo muri Israel bari bayobowe na Itzhar Fisher, Umunya Israel uyobora Inama y’ubutegetsi ya RDB.

Fisher

Hari kandi na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda witwa Einat Weiss.

Abaturage ba Israel baba mu Rwanda bashoye mu burezi nko mu kigo kiba i Rwamagana kitwa Shalom Agahozo.

Bafite ishoramari mu buhinzi bwa kijyambere bukorerwa mu Burasirazuba muri Nyagatare n’ahandi.

Bafitanye ubufatanye n’u Rwanda mu gukora intwaro mu ruganda ruba i Masoro nk’uko biherutse gutangarizwa mu nama yabereye mu Rwanda yiganiriwemo iby’umutekano muri Afurika.

Uwahoze ari Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr. Ron Adam yigeze kubwira Taarifa Rwanda ko igihugu cye gifite gahunda yo kuzafasha abahanga b’Abanyarwanda kujya mu isanzure.

Birashoboka ko uwo mugambi ugifitwe n’uwamusimbuye ari we Madamu Einat Weiss.

Einat Weiss

Nawe yigeze kubwira iki kinyamakuru ko umubano hagati ya Kigali na Yeruzalemu urenze usanzwe hagati y’ibihugu ahubwo ari uwa kivandimwe.

TAGGED:AfricaAmbasaderifeaturedIshoramariIsraelRDBRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Minisitiri W’Ubutabera Yavuye Ku Izima Yitaba Urukiko
Next Article U Rwanda Rwavuye Mu Muryango Rwari Ruhuriyemo Na DRC Na Angola 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?