Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abashoramari Bo Muri Israel Barashaka Kurushaho Gushora Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Abashoramari Bo Muri Israel Barashaka Kurushaho Gushora Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2025 4:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashoramari bo muri Israel bakorera mu Rwanda baganiriye n’ubuyobozi bwa RDB uko barushaho kurushoramo.

Hari mu kiganiro bagiranye ngo barebe ahandi abo banyemari bashora harimo mu ikoranabuhanga mu itumanaho, ubukerarugendo, ubuhinzi no mu ngufu zisubira.

Uruhande rwa RDB muri ibyo biganiro rwari ruyobowe n’Umuyobozi wayo witwa Jean Guy Africa n’aho itsinda rya ba rwiyemezamirimo bo muri Israel bari bayobowe na Itzhar Fisher, Umunya Israel uyobora Inama y’ubutegetsi ya RDB.

Fisher

Hari kandi na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda witwa Einat Weiss.

Abaturage ba Israel baba mu Rwanda bashoye mu burezi nko mu kigo kiba i Rwamagana kitwa Shalom Agahozo.

Bafite ishoramari mu buhinzi bwa kijyambere bukorerwa mu Burasirazuba muri Nyagatare n’ahandi.

Bafitanye ubufatanye n’u Rwanda mu gukora intwaro mu ruganda ruba i Masoro nk’uko biherutse gutangarizwa mu nama yabereye mu Rwanda yiganiriwemo iby’umutekano muri Afurika.

Uwahoze ari Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr. Ron Adam yigeze kubwira Taarifa Rwanda ko igihugu cye gifite gahunda yo kuzafasha abahanga b’Abanyarwanda kujya mu isanzure.

Birashoboka ko uwo mugambi ugifitwe n’uwamusimbuye ari we Madamu Einat Weiss.

Einat Weiss

Nawe yigeze kubwira iki kinyamakuru ko umubano hagati ya Kigali na Yeruzalemu urenze usanzwe hagati y’ibihugu ahubwo ari uwa kivandimwe.

TAGGED:AfricaAmbasaderifeaturedIshoramariIsraelRDBRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Minisitiri W’Ubutabera Yavuye Ku Izima Yitaba Urukiko
Next Article U Rwanda Rwavuye Mu Muryango Rwari Ruhuriyemo Na DRC Na Angola 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?