Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare 25 Ba Nigeria Bishwe N’Ibyihebe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abasirikare 25 Ba Nigeria Bishwe N’Ibyihebe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 September 2021 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Ntara ya Borno muri Nigeria abarwanyi b’Umutwe Islamic State West Africa Province (ISWAP), uzwi mu Cyarabu nka Jamā’at Ahl as-Sunnah lid-Da’wah wa’l-Jihād bateze igico abasirikare ba Nigeria bicamo abagera kuri 25.

Ikinyamakuru Sahara Reporters kivuga ko amakuru cyaraye kibonye( tariki 20, Nzeri, 2021) avuga ko tariki 16, Nzeri, 2021 abasirikare ba Nigeria bari mu kazi ko guhiga abarwanyi bo muri Borno, batezwe igico hapfa abagera kuri 25.

Ikindi ni uko kugeza ubu hari abandi basirikare bitamenyekana niba barapfuye cyangwa barashimuswe.

Hari amafoto n’amashusho yerekana bimwe mu bikoresho bya gisirikare byambuwe ingabo za Nigeria.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Agace ka Monguno kari mu Majyaruguru ya Maiduguri, kakaba ari agace gacumbikiye abaturage benshi bahunze ibitero by’abarwanyi byagabwe mu bice birimo ahitwa Dikwa na Marte.

Bivugwa ko nta gihe kinini gishize hari ikindi gitero kigabwe mu kigo cy’abasirikare ba Nigeria kiri ahitwa Rann hakicwa abasirikare 10.

Abarwanyi batunguye abasirikare ba Nigeria babicamo benshi
Zimwe mu ntwaro babambuye
TAGGED:AbarwanyiAbasirikarefeaturedNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ushobora Kwishyura Ifatabuguzi Rya Canal +Ukoresheje Airtel Money
Next Article Abantu Babiri Bishwe n’Ibitero Bya Grenade i Bujumbura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?